Umugabo utamenyekanye amazina yuriye inzu ndende iri mu Mujyi wa Kigali ahitwa ku Nkundamahoro arasimbuke yikubita hasi arapfa. RadioTv 1 itangaza ko nta mazina y’uwo muntu aramenyekana ariko ngo Urwe...
I Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo habereye inama yahuje intumwa z’u Rwanda, iza DRC n’abahagarariye Angola, ikaba yemerejwemo ko hajyaho itsinda rito ry’ingabo zizagenzura niba agahenge bi...
Kuri iki Cyumweru abarwanyi ba M23 bafashe agace ka Kamandi-Gite kari mu Burengerazuba bw’ikiyaga cya Edouard kuri muri Sheferiy a Butangi muri Teritwari ya Lubero. Kare kare kuri iki Cyumweru nibwo a...
Nyuma y’ibiganiro biherutse guhuza Perezida Felix Tshisekedi na mugenzi we uyobora Uganda Yoweri Museveni, abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byombi nabo baganiriye. Gen Muhoozi Kainerugaba ugaba inga...
Gutoza ingabo za DRC, imihanda ihuza Uganda na DRC, gukomeza kurwanya ADF, intambara na M23… biri mu byo umuntu yavuga ko byajyanye Perezida Felix Tshisekedi muri Uganda ngo abiganireho na mugenzi we ...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri mu Karere ka Bugesera ahari icyanya cy’inganda haraye hadutse inkongi yafashe rumwe muri izo nganda rukora imyenda rwitwa Sunbelt Textiles Rwanda. Uru ruganda ruhereye ...
Mouvément du 23 Mars( M23) yamaze kugera muri teritwari ya Walikale, iyi ikaba teritwari nini kurusha izindi zigize Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kivu y’Amajyaruguru igizwe na Teritwari eshanu....
Abanyarwanda baca umugani w’uko ‘ibijya gucika bica amarenga’. Uyu mugani muri iki gihe uri hafi kugana akariho kubera ko ubushyamirane buri hagati ya Leta zuze ubumwe z’Amerika n’Uburusiya- binyuze m...
Indege z’intambara za Israel zagabye ibitero ku birindiro by’ingabo za Iran kandi zisubira muri Israel ntacyo zibaye. Ni ibyemezwa na BBC. Ibitero by’izi ndege byagabwe mu Murwa muku...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwafunze umugabo w’imyaka 39 ukekwaho kujya Kwa Sebukwe agatema umugore we wari wahahukaniye. Uwo mugore we afite imyaka 30 y’amavuko. Mu gicuku ahagana Saa cy...









