Mu rugabano rw’Imirenge ya Musanze na Shingiro( yombi ni iyo muri Musanze) hari umugezi wakundaga kuzura amazi mu gihe cy’imvura ku buryo hari abana wahitanaga. Ubuyobozi bwawubatseho ikiraro kugira n...
Akingeneye Janvière w’imyaka 29 y’amavuko wabaga mu Muryango w’abanyeshuri barokotse Jenoside barangije Kaminuza witwa GAERG abantu bamusanze mu mugozi yapfuye. Bamwe bavuga ko yiyahuye abantu bakavug...
Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin yavuze ko abaherutse guha Ukraine missiles zo kurasa mu Burusiya, bakoze ikosa rikomeye kuko bizayikoraho. Mu minsi mike Ukraine yarashe missiles mu Burusiya yari ih...
Polisi y’u Rwanda yaraye ikoreye umukwabo mu Mudugudu wa Agateko, Akagari ka Kibeho mu Karere ka Nyaruguru ihafatira barindwi ikekaho ubujura bwari bumaze iminsi buhavugwa. Umukwabo wa Polisi ub...
I Harare muri Zimbabwe haraye hanzuriwe ko igihe ingabo za SADC zigize umutwe woherejwe muri DRC witwa SAMIDRC kwirukana inyeshyamba cyongerwaho umwaka. Zoherejwe yo ngo zifashe iz’iki gihugu kw...
Mbere y’uko arangiza manda ye, Perezida w’Amerika Joe Biden yemereye Ukraine ibisasu bitegwa mu butaka bita anti-personnel land mines byo guturitsa ibifaro by’ingabo z’Uburusiya. Ni uburyo Amerika ivu...
Inzego z’umutekano z’Uburusiya zitangaza ko kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Ugushyingo, 2024 hari missiles zo mu bwoko bwa Atacms Ukraine yaburasheho. Bivuzwe nyuma y’igihe gito Amerika yemereye Ukraine...
Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ugushyingo 2024, Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wemereye u Rwanda miliyoni Є 20 zo gukomeza guhangana n’inyeshyamba ...
Mu kiganiro giherutse guhuza Polisi n’itangazamakuru mu Ntara y’Amajyaruguru, hatangarijwemo ko hagati ya Kanama na Ukwakira, 2024 abantu 339 bafatiwe muri magendu, abagera kuri 239 muri bo bakaba abo...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 16, Ugushyingo, 2024 muri Gereza eshanu hirya no hino mu Rwanda habaye gusaka. Abacungagereza basanze muri izo gereza harimo ibintu bitemewe n’amategeko birimo urumogi, te...









