Imodoka yavaga muri Musanze igiye i Kigali yageze mu Karere ka Gakenke irenga umuhanda igwa mu mugezi abantu babiri bari bayirimo barapfa. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, SP Jean Bosco Mw...
Ubuyobozi bw’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha-mu ishami ryo gukumira ibyaha- bwasabye abayobozi mu nzego z’ibanze kutamenya ngo bahishire ishohoterwa rikorerwa abana n’abagore. U Rwanda hamwe n’ahan...
Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi ivuga ko ibiza biterwa n’imvura yaguye kuva muri Nzeri kugeza mu Ugushyingo byahitanye abantu 48 hakomereka 149. Ubaze neza usanga buri kwezi muri ayo atatu, ...
Polisi y’u Rwanda, Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Rubavu, yafatanye umugabo w’imyaka 31 imifuka irimo ibiyobyabwenge by’urumo...
Igisirikare kirwanira mu kirere mu ngabo z’Uburusiya kiri gusuka ibisasu mu birindiro by’abarwanyi bamaze iminsi bagabye ibitero mu Mujyi wa Aleppo mu Majyepfo ya Syria. Uburusiya bwiyemej...
Uwo ni umupaka u Rwanda rusangiye na Uganda. Abagaba b’ingabo zirwanira ku butaka ku mpande zombi bahuye bemeranya ku buryo bwazakoreshwa ngo umutekano muri ibyo bice urusheho kunoga. Mu mpera z...
Polisi mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango yafunze Umukuru w’Umudugudu ari kumwe n’abaturage babiri ibakurikiyeho gukubita no gukomeretsa umwana w’imyaka 17 witwa Cyubahiro Inno...
Mu Mudugudu wa Kabuga mu Kagari ka Nyamwumba, mu Murenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo haravugwa urupfu rw’abantu batatu bagwiriwe n’ikiombe bari bagiye gucukuramo amabuye y’agaciro...
Mu Murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke haravugwa urupfu rw’amatungo magufi bigakekwa ko ari imbwa ziyica. Nazo zatangiye guhigwa bukware hakaba hari ebyiri zishwe. Ibarura rivuga ihene esheshatu n...
Abagore mu ngabo z’u Rwanda zigize ingabo zirwanira ku butaka zo mu kitwa Battle Group VI cyoherejwe mu butumwa bw’ Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), baganirije abagore ...









