Mu Mudugudu wa Karengere, Akagari ka Mbuga mu Murenge wa Nyabinoni mu Karere ka Muhanga haravugwa umugabo w’imyaka 29 wahinze urumogi mu murima w’ibishyimbo. Ntiharamenyekana neza uko rungana ariko am...
Minisiteri y’ingabo mu Burusiya itangaza ko ibitero bya missiles iki gihugu cyagabye kuri Ukraine byageze ku ntego yo gusenya ibikorwa remezo by’ingufu byari bisanzwe byubatswe ahitwa Kharkiv, Kyiv, D...
Abantu batandatu bari bagiye mu birori bya Noheli ahitwa Kapaburuuli bakoze impanuka irabahitana. Bari bageze ahitwa Nakasongola mu muhanda ugana i Kampala mu Mujyi. The Monitor yanditse ko iyo mpanuk...
Abaturage ba Syria batari Abisilamu bababajwe kandi barakazwa n’uko abantu bambaye ibapfuka amaso batwitse igiti cya Noheli cyari cyamanitswe n’abayizihiza. Imidugagararo yatumye abantu ba...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko kugeza mu mpera z’Icyumweru gishize, abantu 350 bapfiriye mu mpanuka 9,600 zabereye hirya no hino. Inyinshi muri zo ni izakozwe n’abamotari kuko zihariye 60%. Umuvugizi ...
Mu mezi atandatu ashize, Perezida wa Turikiya Erdogan yigeze kuvuga ko nabishaka azagaba ibitero muri Israel nk’uko yabigabye muri Azerbaijan mu ntambara yiswe iya Nagorno-Karabakh ndetse ngo azabikor...
Imibare y’agateganyo iravuga ko abantu 19 baguye mu mpanuka yabereye muri Tetitwari ya Mitwaba iri mu Ntara ya Haut-Katanga. Haburaga ibilometero 19 ngo bagere ku gasanteri bari bagiyeho. Bari bari m...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko nyuma yo kumenya amakuru y’urugomo ruvugwa mu mutwe w’iyi nkuru, rwatangiye iperereza ruta muri yombi abasore n’inkumi b’Abanyarwanda bari mu bikorwa byo ...
Abagabo babiri bashyamiranye, uwari ku ruhande aje kubakiza ngo batarwana umwe amukubita igipfunsi yitura hasi, ntiyashirwa amukubita ipiki aramwica. Uwabikoze yahise afatwa. Amakuru avuga ko saa kumi...
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yabwiye abapolisi bari bamaze umwaka urenga batorezwa kuba ofisiye ko badashinzwe umutekano gusa, ahubwo bagomba no kugira uruhare mu iterambere ry’Abanyarwand...









