Umuvugizi w’ingabo z’u Burundi Le Général de Brigade Gaspard Baratuza yabwiye itangazamakuru ko abavuga ko hari ingabo z’iki gihugu zafashwe na M23 babeshya, ko icyabo ari uguharabikana. Baratuza yabi...
Saa kumi n’ebyiri za mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 17, Mutarama, 2025 mu Murenge wa Mageragere ahitwa ku gasenteri ka Nyarufunzo umugore witwa Niyonizeye Ruth yatemye umugabo we w’umumotari...
Mu Mudugudu wa Kinunu, Akagari ka Bushaka, Umurenge wa Boneza, mu Karere ka Rutsiro haravugwa inkuru y’umugabo basanze ari mu kiziriko cy’ihene yapfuye, bikavugwa ko yiyahuye ahunga umwenda wa Frw 5, ...
Urukiko rwa gisirikare rwa Mwene-Ditu ahitwa Lomami rwakatiye urwo gupfa umupolisi witwa Mutombo Kanyemesha bahimba Méchant-Méchant nyuma yo kumuhamya kwica Abashinwa babiri no kurasa uwa gatatu akam...
Mu Mudugudu wa Karambi mu Kagari ka Kabagina mu Murenge wa Nyakarenzo muri Rusizi haherutse kwicirwa umugabo wari uvuye mu gikorwa cyo kugurisha inka mwishywa we yari yararagijwe n’inshuti ye. Nyakwig...
Igisirikare cya Ukraine kivuga ko cyagabye igitero mu Ntara ya Kursk mu Burusiya, ibintu ingabo z’Uburusiya zidahakana. Iki gitero cyagabwe mu rwego rwo kwihimura ku bindi Uburusiya bumaze iminsi buga...
Mu Karere ka Karongi mu Murenge wa Murambi mu Kagari ka Mubuga, haravugwa urupfu rw’abantu bane bazize inkuba yabakubise kuri iki Cyumweru. Muri rusange yakubise abantu 12 nk’uko Meya wa Karongi Geral...
Kuri iki Cyumweru tariki 05, Mutarama, 2025, ahitwa Mambasa mu Ntara ya Ituri habaye irasana hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abarwanyi ba Maï- Maï Wazalendo basanzwe bakorana n’...
Mu gihe kiri imbere Polisi y’u Rwanda iratangira gukoresha utudege tutagira abapilote, drones, mu rwego gucungira hafi abica amategeko y’umuhanda. U Rwanda ruzaba rubaye igihugu cya gatatu muri Afuri...
Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yemeza ko abarwanyi babo batarwanira imyanya muri Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyangwa amapeti yo mu gisirikare cy’iki gihugu. Avuga ko ic...









