Abakora mu buvuzi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Mujyi wa Goma barataka ko amaraso yo gutera inkomere yabaye make cyane. Ni ikibazo bavuga ko kiri bwongere umubare w’abapfa bazira ama...
Gutinya ko intambara yabasanga mu ngo zabo byatumye bamwe mu baturage ba Goma bahungira mu Rwanda. Amashusho yatangajwe na RBA arerekana bamwe muri bo bahagaze mu mihanda y’i Rubavu bategereje inshuti...
Madamu Angie Motshekga uyobora Minisiteri y’ingabo za Afurika y’Epfo ari i Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuganira n’ubuyobozi bw’ingabo z’iki gihugu ku cyakorwa ngo M23 isubizwe inyuma. ...
Ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru bwabujije abarobyi n’abasare basanzwe bakorera mu mazi y’ikiyaga cya Kivu hagati ya Goma na Bukavu kongera gusubira muri iki kiyaga. Le Général-Major Peter ...
Lt. Gen. Herzi Halevi wari usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo za Israel yatangaje ko yeguye ku buyobozi bwazo kubera ko hari ibyo atarahabwaho ubusobanuro ku gitero cyagabwe ku gihugu cye tariki 7, U...
Hari umudipolomate wo muri kimwe mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wabwiye Ikinyamakuru Al Arabiya ko Israel yarangije gutegura intambara yeruye kuri Iran. Uwo muntu utatang...
Kuri iki Cyumweru hari abasore bane bafashwe n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo biyemerera ko batorejwe igisirikare muri Uganda bigizwemo uruhare na Thomas Lubanga Dyilo uyobora ishyaka UPC...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu umunani ikekaho kwiba moto bakazihindurira ibyangombwa hanyuma zigakoreshwa mu yindi mirimo harimo no kuzikoresha ibyaha nk’uko umuvugizi w’uru rwego ACP Boniface Ru...
Abagaba b’ingabo za Israel babwiye izimaze iminsi mu ntambara muri Gaza gutangira kwitegura kuhava mu rwego rwo gukurikiza amasezerano y’amahoro hagati ya Israel na Hamas. Ayo masezerano aratangira gu...
Sierra Leone yahamagaje uyihagarariye muri Guinée ngo asobanure uko Cocaine cyageze muri imwe mu modoka za Ambasade yayo. Abashinzwe umutekano basanze mu modoka ya Ambasade amasanduku arindwi arimo c...









