Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwatangaje ko abasirikare 200 b’iki gihugu bahamwe n’ibyaha birimo guhunga umwanzi bityo ko bakatiwe urwo gupfa. Uwo mwanzi uvugwa ...
Gukerereza itangira ry’icyiciro cya kabiri cyo gushyira mu bikorwa amasezerano yo guhererekanya imfungwa n’abafashwe bunyago hagati ya Israel na Hamas rishobora gutuma impande zombi zisubi...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi witwa Gérmain Nteziyaremye n’umukozi wa RIB witwa Francine Gatesi bakurikiranyweho ruswa. Amakur...
Hari ijwi ryumvikana mu Giswayili ry’umuntu uvuga ko ari umuyobozi mu Ihuriro rya Wazalendo wigamba igitero cyaraye kigabwe mu mbaga yari iteraniye i Bukavu ikagwamo abantu 11. Yumvikana avuga ko ibyo...
Abaturage bari bitabiriye inama yari yateguwe n’ubuyobozi bwa AFC/M23 babwiye itangazamakuru ko yaturikiyemo ibisasu bihitana ‘benshi’. Biravugwa ko ibyo bisasu ari iby’abasiri...
Nyuma y’iminsi batazi irengero rya Gatanazi Havugimana, baje gusagna umurambo we mu bwiherero buri mu Mudugudu uturanye n’uwo yari atuyemo. Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavuko yari asanzwe abana na mushi...
Imodoka itwara abanyeshuri yakoreye impanuka mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rugarika ikomerekeramo abana 13. Abo banyeshuri biga mu kigo Elite Parents School. Umuyobozi w’iri shuri witwa Oswald Tu...
Amasanduku ane arimo imirambo y’abaturage ba Israel bari barashimuswe na Hamas yageze muri Israel, yakiranwa agahinda n’umujinya ku babuze ababo. Abo baturage baguye mu bunyago ni Shiri, Ariel, Kfir B...
Mu Mujyi wa Uvira ibintu biri gufata indi sura nyuma y’uko abasirikare ba DRC batangiye kuhava berekeza mu Mujyi wa Kalemie. Abenshi mu basirikare b’iki gihugu bari kugana ahari ubwato ngo bambuke bag...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 19, Gashyantare, 2024 Polisi yafatiye muMurenge wa Kimisagara umusore ikurikiranyeho kwiba ingo z’abaturage akoresheje imfunguzo yacurishije. Yamufatiye mu Mudugudu wa Ubumwe...









