Mu Kagari ka Munanira, Umurenge wa Nyakabanda muri Nyarugenge Polisi yahafatiye ubwoko bw’amavuta yangiza uruhu bita mukorogo. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire avuga ko ama...
I New Delhi mu Murwa mukuru w’Ubuhinde no muri Islamabad mu murwa mukuru wa Pakistan haraganirwa intambara ikomeye ishobora kurota hagati y’ibihugu byombi niba nta rutangira ibayeho. Minisitiri w’Inte...
Abarwanyi ba M23 bafashe Luhwinja muri Kivu y’Amajyepfo ahantu hakize cyane kuri zahabu. Bivugwa ko abo barwanyi bahafashe batarwanye. Abahatuye babwiye Radio Okapi ko aha ari ahantu ha mbere ba...
Mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi haravugwa gutemana hagati y’abantu babiri bacukura amabuye y’agaciro mu mugezi wa Nyabahanga uri mu Murenge wa Gitesi. Uko gutemana kwabereye mu Murenge wa...
Itangazo ry’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), rivuga ko hagati ya tariki 4-6 Gicurasi 2025 mu Rwanda hazagwa imvura nyinshi cyane ishobora guteza ibiza bikomeye kand...
Colonel Raoul Bazatoha uhagarariye inyungu za gisirikare z’u Rwanda muri Ambasade yarwo i Washington yaraye yitabiriye igikorwa cyo guha impamyabumenyi abasirikare bane b’Abanyarwandakazi barangije am...
Ku batari bumva Rubio uwo ari we, twabamenyesha ko yitwa Marco Rubio akaba yari amaze igihe gito ari Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga naho uwo yasimbuye yitwa Mike Waltz y...
Aho ibintu bigeze, Israel iremera ko yibasiwe n’inkongi ikomeye k’uburyo byabaye ngombwa ko yitabaza amahanga ngo ayifashe kuyizimya. Ibyo ni Ubutaliyani, Ubugereki, Chypre na Croatia. Kuri uyu ...
Polisi yatangaje ko nta motari uzongera gutanga amande arenze Frw 10.000 kandi akaba agomba kuyatanga bitarenze iminsi 30. Ubwo byatangazwaga, abamotari bavuze ko bishimiye ko boreherejwe kuko ubusanz...
Ahitwa mu Itunda mu Kagari ka Rubirizi, Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro hiriwe inkuru mbi y’umwana w’amezi atanu wahiriye mu nzu nyuma y’uko mukuru we acanye umwambi uramucika ugwa kuri mato...









