Iki kibazo kiri mu biri kwibazwa n’aba bantu benshi bo muri Iran. Hashize icyumweru atagaragaraga mu ruhame, kandie biba mu gihe kibi kuko igihugu cye cyari mu ntambara na Israel ndetse iki gihu...
Hari amakuru yatangajwe na CBS avuga ko ibisasu Amerika iherutse kurasa muri Iran igamije gusenya burundu inganda zikora intwaro za kirimbuzi nk’urwa Fordow, bitageze ku ntego. Ibisobanuro bitangwa mu...
Iran yatangaje ko atari yo yishe ibyari byameranyijwe mu guhagarika intambara yayo na Israel, ikabivuga mu gihe Israel yo yiyemeje guhata Iran ibisasu biremereye. Abanyamakuru bari aho iyo ntambara ir...
Leta zunze ubumwe z’Amerika, zimaze kubyumvikanaho na Israel, zatangaje ko hagiyeho amasezerano yo guhagarika intambara hagati ya Israel na Iran nyuma y’uko ibihugu byombi bifatanyije gusenya inganda ...
Abatabazi bo muri Ireland baherutse kuvumbura icyobo kirimo imibiri ishobora kurenga 800 y’abana bakijugunywemo. Bayisanze ahahoze ikigo cy’Ababikira cyabagamo n’abagore bagize ibyago byo kudashaka. C...
Perezida Donald Trump yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zatangiye kurasa ku nganda za Iran zitunganya ibisasu bya kirimbuzi zari zitararaswaho na Israel kugeza ubu. Yaboneyeho gusaba Iran kwemer...
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatangaje ko yemeranyije n’iya Uganda binyuze mu ngabo zayo ko Kampala yagura ibikorwa byayo bya gisirikare bikagera mu Ntara ya Ituri, mu Mujyi wa Beni...
Minisiteri y’ingabo za Israel itangaza ko kuri uyu wa Kane hari indege 14 zageze yo zizanye intwaro zoherejwe na Amerika n’Ubudage. Kuva intambara iki gihugu kigiri kurwana na Hamas muri Gaza yatangir...
Nyuma y’igihe kirekire bamucunga, bategereje ko yinjira ahantu yakekaga ko hatekanye, abasirikare ba Israel bishe umusirikare mukuru mu ngabo za Iran wari umugaba mukuru w’izirwanira ku butaka. Ubuvug...
Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ingabo Pete Hegseth atangaza ko idosiye ya Iran iri mu biganza bya Lt Gen Erik Kurilla, uyu akaba umusirikare mukuru uyobora Ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa...









