I Caracas muri Venezuela hafatiwe umwanzuro wo guha abaturage intwaro, bagatozwa kurwana bitegura kuzahangana na Amerika igihe izaba ibashoyeho intambara. Mbese abaturage bari gutegurirwa intambara. B...
Ndayisabye Jean usanzwe ari umucuruzi mu Mujyi wa Rusizi, Umudugudu wa Kabeza, Akagari ka Gihundwe, Umurenge wa Kamembe yagize ibyago inzu ye y’ubucuruzi irakongoka Ibyahiye bifite agaciro ka Mi...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge mu mujyi wa Kigali ryafashe abantu batatu bafite udupfunyika 1,253 tw’urumogi bafatirwa mu bice bitandukanye by’uyu Mujyi. Tariki 23, Nzeri, 2...
Hategekimana na Sebera bo muri Rutsiro barashakishwa n’ubuyobozi n’inzego z’umutekano zo mu Karere ka Karongi nyuma y’ibyo bavugwaho byo kwica Niyibizi Pacifique w’imyaka 25 bivugwa ko yari aje ...
Leta y’Ubushinwa yahungishije abaturage Miliyoni ebyiri batuye mu Majyepfo kubera inkubi ikomeye bise Ragasa ikaba iri gusatira Intara ya Guangdong. BBC yanditse ko hari abantu 14 bamaze gupfa b...
Minisitiri w’Intebe wa Pologne Donald Tusk yavuze ko nihagira ikintu icyo ari cyo cyose cyongera kuvogera ikirere cyayo bazagihanura. Abivuze aha umuburo Uburusiya nyuma y’uko hari drones zabwo zigeze...
Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social-urubuga nkoranyambaga yashinze- ko niba Abatalibani badasubije Leta zunze ubumwe z’Amerika ikibuga cy’indege cya Bagram, bazahura n’akaga. Iki ki...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 16, Nzeri, 2025 i Bujumbura havuzwe amakuru y’Umunyarwanda tutaramenya umwirondoro we, ufunganywe n’umwe muba YouTubers bakomeye i Burundi witwa Dieudonné Niyukuri. SOS Média...
Umuvugizi w’ingabo za Israel ushinzwe itumanaho mu Cyarabu witwa Col. Avichay Adraee yatangaje ku mugaragaro ko izi ngabo zatangije ibitero byeruye byo ku butaka mu bice byose bisigaye bya Gaza....
Kuri Truth Social, Perezida Donald Trump yatangaje ko yategetse ingabo ze kurasa ubundi bwato bwa Venezuela. Trump avuga ko ubwo bwato bwari butwaye ibiyobyabwenge, abitangaza nyuma y’uko mugenz...









