Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi yakiriye mu Biro bye umuyobozi w’Ikigo nyafurika gishinzwe kurwanya ibyorezo witwa Jean Kaseya baganira uko inkingo z’ubushita bw’inkende...
Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’ubuzima yakiriye ibikoresho mu buvuzi bw’umutima bifite agaciro ka miliyoni 3.3$. Bizifashishwa mu kigo cya “My Heart Centre” kiri kubakwa mu Cyanya cy’...
Kuva aho COVID-19 yadukiye muri Afurika igasanga idafite inkingo zihagije, byahindutse ikibazo ku buryo hari abavuze ko kuba itazifite ari ikindi kimenyetso cy’ubusumbane busanzwe mu isi. Ubu rero ubu...
Mu rwego rwo gufasha abaturage kubona imbangukiragutabara zihagije, Guverinoma y’u Rwanda yaraye igejeje ku bitaro bitandukanye imbangukiragutara 114. Intego ni uko imbangukiragutabara imwe yajya iha ...
Minisiteri y’ubuzima mu Burundi ivuga ko hari abantu batatu bamaze kwandura ubushita bw’inkende mu Kirundi babwita ‘Urukushi”. Ubu bushita bwaraye butangajwe ko bwageze no mu R...
Dr.Rwagasore ushinzwe kurwanya ibyorezo mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, avuga ko hari umugabo n’umugore bari mu kigero cy’imyaka 30 banduye indwara y’ubushita bwR...
Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Umujyanama wihariye w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu bijyanye no kurwanya Jenoside witw Alice Wairimu Nderitu. Amakuru atangwa n’Ibiro by’Umukuru w’...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa, Rwanda FDA, cyakuye ku isoko imiti harimo ufite numero A4042 witwa EFFERARGAN VITAMIC C 500mg/200mg (“comprimé efferverscent), uz...
Ku bufatanye bwa Polisi n’abaturage, mu Murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze hafatiwe inzoga y’inkorano yitwa Nzoga Ejo ingana na litiro 2,000. Yahise imenwa. Izi litiro zose zafatiwe mu rugo rwa Nd...
Kuri uyu wa Gatandatu ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda buraha ibitaro byose byo mu Rwanda imbangukiragutabara 80 zibisaranganywemo. Ni igikorwa kiri bubere kuri BK Arena iri mu Murenge wa Remera mu Karere...









