Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, cyatangaje ko mu bitaro hirya no hino habonetse indwara ya Marburg. Ni indwara ikomeye iterwa na virusi. Itangazo rya RBC riragira riti: “Mu bitaro bitandukany...
Omar Al Bashir wahoze uyobora Sudan arwariye mu bitaro biri mu Majyaruguru y’iki gihugu nyuma y’uko yoherejwe muri bimwe mu bitaro bikomeye by’aho. Bashir yavanywe ku butegetsi n’imyigaragambyo yabaye...
Minisiteri y’ubuzima kuri uyu wa Kane taliki 19, Nzeri 2024, yatangaje ko Abanyarwanda bagiye gutangira guhabwa urukingo rw’ubushita bw’inkende mu rwego rwo gukumira ubushita bw’inkende. Mu karere u R...
Minisiteri y’ubuzima mu Burundi itangaza ko abantu 300 ari bo bamaze kubarurwa ko banduye ubushita bw’inkende, abenshi muri bo bakaba ab’i Bujumbura. Komini ya Ntahangwa niyo ifite benshi kuko ari ab...
Amakuru ava muri Uganda aremeza ko Umunyarwakazi witwa Aline Akaliza ari we wapfiriye mu mpanuka ikomeye yabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 01 Nzeri 2024 ahitwa i Masaka-Bugonzi muri Uganda. Muri rus...
Muri gereza iri i Kisangani haravugwa abagororwa 97 banduye ubushita bw’inkende, indwara imaze kuba icyorezo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Muri abo abagera kuri 23 nibo bamaze kwemezwa ko ko...
Banki y’isi yarangije koherereza Repubulika ya Demukarasi ya Congo inkingo z’indwara y’ubushita bw’inkende imaze kwandura abantu bagera ku 18,000 abagera mu magana bakahagwa. Abantu 15,000 bo mu Ntara...
Mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana Croix Rouge Y’u Rwanda yashimiye abana bamaze iminsi itatu itoza ubutabazi bw’ibanze. Abanyeshuri bize gufasha uwavunitse bakamurinda kubyimbir...
Bamwe mu barwariye mu bitaro bya Remera-Rukoma ni abarembejwe n’ibiribwa cyangwa ibinyobwa bafatiye mu rugo rw’abageni bari baje gusurwa n’ababyeyi babo. Imibare itangwa n’inzego zitandukanye ivuga ko...
Mu kiganiro Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana aherutse guha ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA, yavuze ko imibare bafite yerekana ko abakora uburaya n’abaguzi babo ari bo bugarijwe no kwa...









