Inkuru nziza yatangajwe na Minisiteri y’ubuzima ni uko abantu 15 baraye bakize Marburg. Ikindi ni uko kuri uyu wa Kane ntawe iyo ndwara yahitanye ndetse nta n’uwayanduye. Abantu 30 nibo ba...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku buzima, RBC, cyaraye gitangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 07, Ukwakira, hari izindi nkingo 700 zaraye zigeze mu Rwanda. Ku Cyumweru Minisitiri w’ubuzim...
Muri raporo yayo ya buri mugoroba, Minisiteri y’ubuzima yaraye itangaje ko hari abandi bantu batatu baraye bakize icyorezo Marburg cyugarije Abanyarwanda. Abo batatu baje biyongera ku bandi batanu bak...
Minisiteri y’ubuzima ikunze kubwira abaturage ko kimwe mu byugarije ubuzima bw’abatuye imijyi y’u Rwanda ari uko badakora imyitozo ihagije bigatuma ibyago by’uko barwara indwara zitandura byiyongera. ...
Sabin Nsanzimana uyobora Minisiteri y’ubuzima avuga ko u Rwanda rwaraye rwakiriye inkingo za mbere za Marburg ziri butangire guhabwa abaganga kuri iki Cyumweru. Ni inkingo zigeze mu Rwanda nyuma y’imi...
Mu minsi micye iri imbere ibitaro Bya Muhororo biri mu Karere ka Ngororero birasenywa hubakwe ibindi bishya. Ni ibitaro bishya Perezida Kagame yemereye abaturage ba Ngororero. Ibitaro bya Muhororo bir...
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko kugeza kuri uyu wa Gatatu taliki 02, Ukwakira, 2024 abantu 11 ari bo bari bamaze guhitanwa n’icyorezo Marburg. Iki cyorezo bivugwa ko cyageze mu Rwanda mu mpera za Nz...
Ni inyamaswa idasanzwe haba mu miterere y’umubiri wayo no mu miterere y’ubudahangarwa bwawo. Uretse kuba ari inyoni iguruka, agacurama gafite isura y’imbwa. Iyi nyamaswa ivanze gusa n’imbwa kandi ik...
Mu Mudugudu wa Musega, Akagari ka Kivugiza, Umurenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo haravugwa urupfu rw’abana babiri n’abandi bantu bakuru bajyanywe kwa muganga bivugwa ko bazize kurya umuceri ‘uhuma...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko abaturage badakwiye gukuka umutima kubera icyorezo cya Marburg kuko cyo kitandurira mu mwuka nk’uko byagenze kuri COVID-19. Avuga ko iyi ndwara ku ru...







