Kathy Magee, Umuyobozi wa Operation Smile International ku rwego rw’isi avuga ko ubwo batangiraga iki gikorwa mu Rwanda, Perezida Kagame yabasabye kuzaha Abanyarwanda serivisi nziza z’ubuvuzi kuko biz...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko umuhati u Rwanda rushyira mu kuvura indwara zitandukanye ari nawo rushyira mu kuzamura umubare w’abaganga babaga. Nsanzimana yabivugiye imbere ya Min...
Prof. Faustin Ntirenganya, Perezida w’Umuryango Nyarwanda w’Abaganga Babaga avuga ko ubuke bwabakora ubwo buvuzi ari ikibazo kinini kuko abakenera izo serivisi ari benshi. Ntirenganya yabivugiye mu ki...
Minisitiri w’ubuzima Samuel Roger Kamba Mulamba avuga ko ubuyobozi buri gucungira hafi ubwiyongere bw’indwara ‘itazwi’ imaze iminsi iri ahitwa Panzi, imaze kwica abarenga 100 mu gihe gito. Nk’ubu hari...
Imibare ivuguruye itangwa n’inzego z’ubuzima muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ivuga ko indwara indwara itaramenyekana iri kwica abantu umusubizo. Ubu imaze kwica abantu 130 muri Poro...
Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko ku munsi Abanyarwanda hafi icyenda bandura SIDA, n’aho barindwi ikibahitana. Abo barindwi bicwa na SIDA baza biyongera ku bantu bapfa ...
Izi ngamba Amerika yari yarafatiye u Rwanda zirimo gukumira ingendo yise ko zitari ngombwa z’Abanyamerika baruzamo. Icyakora ikigo cya Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (CDC) n’ibiro by’i...
Abahanga mu by’imiti bavuga ko imibiri y’abaturage yatangiye kutakira imiti runaka kubera ko bayiyimenyereje kandi batayandikiwe n’abaganga. Ni ikibazo abahanga bavuga ko kibangamiye ubuzima rusange k...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC cyahawe moto 39 zo kugeza ku bigo nderabuzima n’ibitaro byo hirya no hino mu Turere dutanu kugira ngo zizafashe abajyanama b’ubuzima kugera ku...
Nk’uko isanzwe ibigenza mu kumenyesha abantu uko Marburg ihagaze, Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu Rwanda nta muntu ukiyirwaye. Isaba Abanyarwanda kutirara ngo batezuke ku ngamba zo kwirinda iyi n...









