Saa tanu z’ijoro kuri iki Cyumweru tariki 15, Kamena, 2025, abapolisi bakorera mu Murenge wa Kimisagara bafatanye umugabo witwa Safari Adrien inzoga Polisi ivuga ko ari inkorano yari ajyanye mu isoko ...
Leta y’u Rwanda irateganya ko ingo mbonezamikurire zizongerwa muri buri Kagari, kandi zigahabwa ubushobozi butuma zitanga uburere nk’ubutangirwa mu mashuri y’incuke. Bizakorwa mu rwego rwo kugabanya u...
Muri iki gihe, COVID-19 cyangwa se wenda isa nayo iravugwa mu Rwanda ku kigero gito cy’ubwandu ariko gishobora kwaguka. Ubwo yadukaga ikagarika ingogo mu myaka yaza 2020 -2022, imwe mu ngamba zo kuyir...
Abahanga bahangayikishijwe n’uko abana b’abakobwa bari gutangira kuzana amabere, kwaguka mu matako no kujya mu mihango bakiri bato cyane k’uburyo hari n’abo bibaho bafite imyak...
Guhumeka ni ikintu kikora kandi cyangombwa kugira ngo usohore umwuka wanduye wa carbon winjize uwa oxygen ukenewe mu kumera neza kw’amaraso no gutuma izindi ngingo zikora zitekanye. Nihagira umuntu uk...
Kuri uyu wa Kane mu Mujyi wa Kigali hazatangizwa uburyo bugenewe abajyanama b’ubuzima buzabafasha gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano mu gukusanya amakuru ya serivisi baha abarwayi akabikwa ...
Ibarura ryakozwe hashingiwe ku banduye Malaria batuye Umujyi wa Kigali byaragaraye ko abantu 10, 399 bo mu Mirenge 15 yo mu Mujyi wa Kigali, basanzwemo Malaria. Minisiteri y’ubuzima iherutse gutangiza...
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya Malaria ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima bwatangaje ko mu mwaka wa 2024 abantu 800,000 barwaye iriya ndwara ihitana 80....
Umuyaga udasanzwe kubera ibinyabutabire biwugize wibasiye abatuye Rwagati muri Iraq n’abatuye mu Majyepfo y’iki gihugu cyo muri Aziya. Abantu 1000 nibo bagaragayeho ibimenyetso byo guhumeka nabo ariko...
Hari inkuru ushobora kumva ukagira ngo ni filimi, ukumva ko bidashoka ariko mu by’ukuri ari ukuri kwambaye ubusa! Nk’ubu abahanga bari kwiga uko amaraso y’umuntu- ubundi asanzwe ari yo biryo byiza by’...









