Prof. Joseph Mucumbitsi usanzwe ari umuganga w’indwara z’abana ndetse akavura umutima n’imitsi, avuga ko mu Rwanda hari ikibazo cy’ubuzima gikomeye kuko 8% by’urubyiruko rufite imyaka y’amavuko iri ha...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 16, Nzeri 2025, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze- k’ubufatanye n’izindi nzego- yakoze umukwabo wo gufata ibinyobwa bitemewe n’amategeko mu Mirenge ya Mu...
Aho bumviye ko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Ntara ya Kasaï hadutse Ebola ndetse ikaba imaze kwica abantu 15, abaganga bo muri Uganda batangiye gufata ingamba zo kuyirwanya. Abasomyi bamen...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo batangiye gukingira Ebola, bahera ku baturage bo mu Ntara ya Kasaï Abahereweho ni abakora mu rwego rw’ubuzima kuko ari bo bita ku banduye, OMS ikavuga ko bizako...
Leta y’Ubuyapani yatangaje ko hari abaturage bayo 100,000 babaruwe ko bafite imyaka 100, ibintu bitigeze biba ahandi ku isi. Ababaruwe si abafite imyaka 100 yuzuye ahubwo barimo n’abayiren...
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga Croix Rouge y’u Rwanda yifatanyije n’izindi ku isi wahariwe ubutabazi bw’ibanze, umwe mu bayobozi bakuru bayo yaboneyeho gutangaza ko iri gufash...
Ishami rya RBC rishinzwe ubuzima bwo mu mutwe rivuga ko 51.3% by’Abanyarwanda biyahura, ari urubyiruko. Ni abafite hagati y’imyaka 19 na 35 , muri bo 16.8% bari munsi y’imyaka 18 n&#...
Regis Rugemanshuro uyobora RSSB yasabye abakozi bifuza kuzahabwa ubwishingizi bwa RAMA igihe bazaba batagikora bamaze gusaza gutangira kubyizigamiramo bakiri mu kazi bakirinda kuzabyaka baramaze kukav...
Indwara yari amaranye igihe niyo yahitanye Lt Gen Innocent Kabandana, umwe mu basirikare bakuru bakomeye bakoze inshingano nyinshi zirimo no kuyobora inzego z’umutekano z’u Rwanda zoherejw...
Itangazamakuru ryo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo guhera kuri uyu wa Kane rivuga ko indwara ikomeye yitwa Ebola yongeye kugaragara mu Ntara ya Kasaï. Ebola ni indwara mbi kuko uwo yafashe aken...









