Ubwo hatangizwaga umwaka wahariwe ubucamanza, ubuyobozi bukuru mu bucamanza bw’u Rwanda bwatangaje ko ubujura ari bwo bwa mbere butera Abanyarwanda benshi kujya muri za gereza. Ibindi byaha bikorerwa ...
Dr. Anaclet Kibiriga uyobora Akarere ka Rusizi yabwiye abaturage bo mu Murenge wa Gihundwe ko badakwiye kubona RIB ngo bakuke umutima, bumve ko ishinzwe gufunga abantu gusa. Bikubiye mu butumwa yageje...
Abarokokeye mu cyahoze ari Ndiza mu Karere ka Muhanga bashinja Germain Musonera uherutse kwiyamamaza ashaka kuba Umudepite kubahekura muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Bavuga ko Musonera yari afite imb...
Mu Mudugudu wa Kanyinya, Akagari ka Rwasare, Umurenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga haravugwa umugabo w’imyaka 44 y’amavuko ukekwaho gusambanya umukobwa we ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga....
Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwasabiwe igihano cy’urupfu abantu 25 mu bantu 26 igihano cy’urupfu ku byaha bubarega birimo no kugambanira igihugu. Ukomeye muri b...
Mu byo Taarifa yamenye bivugwa ko biri mubyo Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya akurikiranyweho ni imicungurire mibi y’amashyamba. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 25, Nyakanga, 2024 nib...
Urukiko rwarekuye Major (Rtd) Jean Paul Katabarwa n’uwahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Maraba witwa Uwamariya Jacqueline bari bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’abapfiriye ...
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku bagore, UN WOMEN, batangije amahugurwa agenewe abaforomo kugira ngo b...
Uwo ni Ntazinda Emmanuel uherutse kuvumburwa mu mwobo wari iwe, ubugenzacyaha bukavuga ko yari yarawucukuye yihisha kubera uruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Kuri uyu wa Kabiri mu rukik...
Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru rwa Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda rwapfundikiye urubanza rwa Dr. Vénant Rutunga wari ukurikiranyweho Jenoside nyuma y’aho ubushinjacyaha bumusabiye igifungo cya b...









