Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana uyobora Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu avuga ko muri Werur...
Abakozi b’inkiko batatu barimo abanditsi n’abacamanza birukanywe burundu n’Inama Nkuru y’ubutabera. Hari n’abandi bane bahagaritswe by’agateganyo kubera imyitwarire ihabanye n’amahame y’ubutabera. Abo...
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite iherutse kwemeza umushinga w’itegeko ryerekeye inshingano, ibisa nazo, amakosa n’ibisa nayo. Ni umushinga wateguwe hagamijwe gushyiraho amategeko agenga inshingano...
Mu rubanza rw’iminsi ibiri, Leta ya RDC iri kuburana n’iy’u Rwanda mu kirego Kinshasa iregamo Kigali gufasha M23 mu ntambara yatangiye mu Ugushyingo 2021. DRC ivuga ko iyo ntambara yabaye intandaro ...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze Maj Gen (Rtd) Richard Rutatina, nyuma y’igihe rumukoraho iperereza kubyaha byo gutanga amabwiriza ku bakozi be, bagakubita uwari waraye mu nzu ye iri mu ifamu ye...
Domitille Mukantaganzwa wigeze kuyobora Inkiko Gacaca ku rwego rw’igihugu akabikora neza, yagiriwe icyizere cyo kuyobora n’Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda. Yasimbuye Dr. Faustin Ntezilyayo nawe wagiye k...
Ubuyobozi bwa Uganda bwatangaje ko Kenya yari izi ko Kizza Besigye ari gushakishwa kandi ubuyobozi bw’iki gihugu bwatanze ubufasha ngo afatwe. Kizza ni umunyapolitiki uri mu bakomeye muri Uganda. Nyum...
Umugabo witwa Nziza wo mu Murenge wa Rukumberi mu Karere ka Ngoma yafashwe na Polisi ifatanyije na RIB nyuma yo gukekwaho kwica Pauline Nduwamungu, uyu akaba umukecuru yishe arangije amuca umutwe. Ya...
Nyuma yo gukatirwa n’Inkiko Gacaca agahunga, umusaza witwa Harindintwari Niyongana Innocent w’imyaka 69 yafatiwe ku mupaka wa Rusumo mu Karere ka Kirehe asa n’uhungiye muri Tanzania. Ubusanzwe akomok...
Urukiko rw’i Paris mu Bufaransa rwanzuye ko Dr.Eugène Rwamucyo afungwa imyaka 27 nyuma yo kumuhamya kugira uruhare muri Jenoside. Nyuma yo gukatirwa, abaje kumushyigikira bagaragaje uburakari rurangiy...








