RIB ibisabwe n’Ubushinjacyaha yafunze Ingabire Victoire Umuhoza kugira ngo akorweho iperereza ku byaha ubushinjacyaha bumukurikiranyeho. Hari nyuma y’icyemezo cy’Urukiko Rukuru mu r...
Constant Mutamba wari Minisitiri w’ubutabera yagejeje kuri Perezida Tshisekedi ibaruwa y’ubwegure kandi bwemewe. Bibaye mu gihe hashize iminsi avugwa muri ruswa ya Miliyoni $19 yari agenewe kuba...
Urupfu rw’umwarimu wa Kaminuza witwa Albert Ojwang wari usanzwe wandika kurii murandasi waguye muri kasho ya Polisi ntiruvugwaho rumwe rwateje indi midugararo mu baturage. Barashinja Polisi kumwica, y...
Kazungu Denis watawe muri yombi muri Nzeri 2023 ubwo abagenzacyaha bavumburaga umwobo yatabyemo imirambo y’abo yemera ko yishe, akaza no kubihamwa mu rukiko yatangaje ko azajuririra igihano cya burund...
Ku nshuro ya kabiri nyuma yo kuva ku izima, Minisitiri w’ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Constant Mutamba, yongeye kwitaba ubutabera, abazwa iby’inyerezwa rya Miliyoni ...
Iki kibazo Taarifa Rwanda yakibajije Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B.Murangira. Yasubije ko uru rwego ruri kubishyira ku murongo ngo uwo muhigo utangire gushyirwa mu...
Abantu 8,000 baturutse imihanda yose bahurira kuri Stade ya Ngoma mu Karere ka Ngoma bibuka imiryango y’Abatutsi abari bayigize bose bishwe barashira. Imiryango 15,593 yari igizwe n’abantu...
Constant Mutamba usanzwe ari Minisitiri w’ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko atazitaba urukiko rusesa imanza rwamutumije ngo rumubaze kubyo akekwaho byo kunyereza...
Kuri uyu wa Kane, Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Jali, Akagari ka Agateko, Umudugudu wa Kinunga, ifatanije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage yafashe abajura bane bategaga abatura...
Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi abantu barindwi bafite aho bahuriye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro barimo na Rtd Major Rugamba Robert ufite ikigo Rugamba Mining Company Ltd...









