Ubushinjacyaha bwagaragaje ko ibyaha Paul Rusesabagina aregwa hamwe na bagenzi be bimaze igihe bitangiye gukurikiranwa, bugaragaza ko iyi dosiye yavukiye mu Burundi, aho kuba mu Rwanda nk’uko bamwe ba...
Umunyemari Alfred Nkubiri ukomeje kuburanishwa ku byaha aregwa byo guhombya leta binyuze mu bucuruzi bw’amafumbire, yakomeje guhakana ibyo aregwa, avuga ko abamujyanye mu nkiko bamwihimuragaho kuko ya...
Urukiko Rukuru – Urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi – rwemeje ko Paul Rusesabagina aburanishwa adahari, nyuma yo kurumenyesha ko atazongera kurwitaba. Nyuma y’uko kuri u...
Paul Rusesabagina yanze kwitaba Urukiko Rukuru – Urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi – rurimo kuburanisha dosiye ye n’abandi 20 bareganwa ibyaha by’iterabwoba. Rusesabagi...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) kuri uyu wa Kabiri rwahase ibibazo Dr. Kayumba Christopher wahoze ari umwalimu muri Kaminuza y’u Rwanda, ku byaha ashinjwa byo gushaka gukoresha imibonano mpu...
Amakuru Taarifa ifitiye gihamya avuga ko Tariki 12, Werurwe, 2021, Robert Muyenzi wari usanzwe ayobora Croix Rouge y’u Rwanda mu turere twa Huye na Gisagara yatawe muri yombi n’ubugenzacyaha. Ku...
Nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa agakatirwa imyaka itatu y’igifungo irimo ibiri isubitse, Bwana Nicolas Sarkozy aritaba Urukiko ku kirego cy’uko yahuguje amafaranga uwahoze ayobora Libya amadolari ...
Umwe mu bakozi ba Minisiteri y’ibidukikije aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho kwakira ruswa. Umuvugizi warwo Bwana Dr Thierry B. Murangira yabwiye...
Ku wa Gatanu w’iki cyumweru nibwo Nsabimana Callixte wiyise Sankara yakomeje kuburanishwa n’Urukiko Rukuru ku byaha by’iterabwoba aregwa, ndetse byose yongera kubyemera anabisabira imbabazi. Ni uruban...
Nsabimana Callixte wiyise Sankara uregwa ibyaha by’iterabwoba, yongeye gushimangira ko mu mafaranga yafashije umutwe wa FLN kugaba ibitero birimo ibyo mu majyepfo y’u Rwanda, harimo ayatanzwe na Perez...









