Ubushinjacyaha bwajuririye urubanza Urukiko Rukuru rwahamijemo ibyaha Niyonsenga Dieudonné wamenyekanye nka Cyuma Hassan ufite umuyoboro wa YouTube witwa Ishema TV, uheruka gukatirwa gufungwa imyaka i...
Ubwo Urukiko rw’ikirenga rwategaga amatwi ibisobanuro ku kirego umunyamakuru Byansi Samuel Baker yakigejejeho avuga ko asaba ko ingingo ya 71 yerekeye imiburanishirize y’imanza mbonezamubano, iz’ubuc...
Umucamanza Theodor Meron wakunze kunengwa n’u Rwanda, yasezeye mu Rwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT), icyemezo kizashyirwa mu bikorwa guhera ku wa 17 Ugushyingo 2021. ...
Urwego rwasimbuye Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT), rwatangaje ko urugendo rwo gushakisha Protais Mpiranya ukekwaho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 19...
Mu gihe imiryango n’ibihugu bitandukanye bikomeje gusaba ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba arekurwa, habonetse amashusho amugaragaza ashimangira ko ibikorwa bya FLN mu Rwanda yari ab...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rufite inshingano zo kurengera ubuzima bw’abaturage barwo, bitandukanye n’ibihugu n’imiryango bikomeje gusaba ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’ite...
Hari amakuru avuga ko muri Minisiteri y’ubutabera hari gutegurwa umushinga w’itegeko uzagezwa mu Nteko ishinga amategeko ugamije gusaba ko gusambanya abana bigirwa icyaha kidasaza. Ibyaha bidasaza ni ...
Raporo y’inkiko mu mwaka wa 2020/21 igaragaza ko imanza zasabiwe gusubirwamo ku mpamvu z’akarengane zageze ku 2033, mu gihe imanza zamaze gusesengurwa byagaragaye ko izabonetsemo akarengane zari 3%. I...
Raporo igaragaza ibikorwa by’Urwego rw’Ubucamanza mu 2020/2021 yerekana ko ibirarane by’imanza byazamutseho 47% ugereranije n’umwaka wabanje, ndetse igihe urubanza rumara rutegereje kuburanishwa kiger...
Perezida Paul Kagame yavuze ko abakomeza guteza urusaku n’igitutu ku rubanza rwa Paul Rusesabagina nta shingiro bafite, ashimangira ko ubutabera bugomba gutangwa. Kuri iki cyumweru yabigarutseho mu ki...








