Urukiko rusesa imanza rwo mu Bufaransa rugiye gufata icyemezo cya nyuma ku maperereza amaze igihe kuri dosiye y’uwahanuye indege ya Juvenal Habyarimana, yahagaritswe n’abacamanza mu 2018. Ni iperereza...
Urukiko rw’Ubujurire rwemeje ko ruzatumiza abatangabuhamya bashya mu rubanza rwa Paul Rusesabagina, Nsabimana Callixte alias Sankara n’abandi bareganwa uko ari 21, nyuma y’uko abimwe indishyi z’akabab...
Urukiko rw’Ubujurire rwategetse ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba aburanishwa adahari, nyuma y’uko kuri uyu wa Mbere atarwitabye kandi yaremenyeshejwe umunsi w’urubanza. Urukiko rwat...
Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga (IRMCT) rwategetse Niger gusubiza Abanyarwanda umunani ibyangombwa byabo, bakongera kwidegembya aho kubaho bafungiwe mu nzu. Ni abantu barimo abarangi...
Rusesabagina Paul wahamijwe ibyaha by’iterabwoba agakatirwa gufungwa imyaka 25, kuri uyu wa Mbere yanze kwitaba Urukiko rw’Ubujurire rwatangiye kuburanisha urubanza aregwamo hamwe na bagenzi be 20. Ib...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rurashakisha umugabo witwa David Hategekimana ukekwaho gukubita no gukometsa umugore we witwa Consolée Ingabire. Amakuru dufite ni uko uriya mugabo yakubise agakome...
Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwamenyesheje Abanyarwanda umunani baheruka kwimurirwa muri Niger ko icyemezo kibirukana muri icyo gihugu cyasubitswe iminsi 30, mu...
Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwategetse Niger guhagarika icyemezo cyirukana mu gihugu Abanyarwanda umunani baheruka kwimurirwayo, nyuma y’igihe baba i Arusha mu...
Abo baturage ni abo mu bwoko bw’aba Rohingya bo muri Myanmar. Bavuga ko bagiye kurega Facebook kubera ko ngo yifashishijwe n’ubutegetsi bwa kiriya gihugu kugira ngo ikwize urwango rwo kubamara. Bavuga...
Perezida w’Urwego rwasimbuye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT), Umucamanza Carmel Agius, yanze kurekura Pauline Nyiramasuhuko atarangije igifungo nk’uko yaherukaga kubisab...







