Mu rukerera rwo kuwa Tariki 12, Nzeri, 2025, abagabo babiri bo mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango bavugwaho ko bateye urugo rw’umuturanyi bashaka kumwiba ihene, abahungu be baratabara ba...
Mu rukererera rwa Tariki 14, Nzeri, 2025 muri Gakenke hafatiwe abantu batandatu bacukura gasegereti na colta mu buryo butemewe n’amategek bafatanwa n’abakiliya babo. Polisi ivuga ko bacukuraga ...
Urukiko rukuru rwa gisirikare rwasubitse gusomera Joseph Kabila, igikorwa cyari bube kuri uyu wa Gatanu tariki 12, Nzeri, 2025 kigasubikwa kubera ko hari ibindi urukiko rwasanze bigomba kubanza kugibw...
Mu masaha ari imbere nibwo urukiko rwa gisirikare rwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ruri busomere Joseph Kabila nyuma yo kuburanisha urubanza Ubushinjacyaha bwa gisirikare bwamuregagamo ibyaha bir...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, Anti-Narcotic Unit, ANU, ryongeye gutangaza ko mu bihe bitandukanye u rwafashe abantu bafite urumogi rupfunyitse mu dupfunyika 876. Bafashwe baruz...
Mu Kagari ka Rutabo, Umurenge wa Kinazi muri Ruhango hafatiwe abaturage batandatu Polisi ivuga ko bategaga abantu bakabambura. Ni ubujura Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Po...
GASABO: Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Jabana ifatanije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage yafashe Ngirabatware Ferdinand na Nyiranizeyimana Honorine bafite u...
Constant Mutamba wigeze kuba Minisitiri w’ubutabera yasabiwe n’Ubushinjacyaha gukatirwa igihano cyo gukora imirimo nsimburagifungo mu gihe cy’imyaka 10. Bwasabye kandi ko narangiza i...
Mu Mudugudu wa Munini, Akagari ka Rudashya, Umurenge wa Ndera muri Gasabo hafatiwe umugore Polisi na Rwanda FDA bemeza ko bamusanganye inzoga z’ibyotsi bita Liquors ‘ zitujuje ubuziranenge...
Mu Murenge wa Ntyazo mu Karere ka Nyanza haravugwa umugore wafunzwe na Polisi imukurikiranyeho kwica umugabo we. Bikekwa ko nyakwigendera yasanze umugore we ari kumwe n’undi mugabo i saa munani z’ijor...









