Goodwill Zwelithini wari umwami w’Abazulu, ubu bukaba ari ubwoko bw’Abirabura bo muri Africa y’Epfo yatanze azire indwara y’igisukari izwi mu ndimi z’amahanga nka Diabetes. Yatanze afite imyaka 71 y’a...
Ubwo u Rwanda rwatangira urugendo rwo kubaka ubukungu bwarwo bushingiye ku baturage, uburezi n’ikoranabuhanga rwahisemo gukurikiza urugero rwa Singopore, igihugu gito kiri muri Aziya y’Amajyepfo ashyi...
Intiti ikomeye kurusha izindi muri Guinée yitwa Djibril Tamsir Niane yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki 08, Werurwe, 2021 azize COVID-19 nk’uko abo mu muryango we babivuze. Niwe munyamateka wagize uruha...
Muri rusange ibyuma bikonjesha bifite akamaro mu gutuma ibiribwa n’ibinyobwa bigira ubuhehere bukenewe kugira ngo ntibyangirike. Ku rundi ruhande ariko firigo nyinshi zisohora ibinyabutabire bituma ik...



