Muri rusange abantu bakuru bose banganya inyamwakura nyabwonko( neurons). Bivugwa ko iyi myakura igera kuri miliyari 100. Umwihariko wayo ku banyamuzika ni uko bo iba ikorana cyane ugereranyije n’uko ...
Mu gitabo aherutse kwandika umwanditsi w’Umunyamerika ufite inkomoko muri Israel witwa Israel W.Charny yavuze ko bibabaje kuba Turikiya yarashyize igitutu kuri Israel bigatuma itemera ko habayeho Jeno...
Guhana intera byabaye bumwe mu buryo bwiza bwafashije abantu benshi kutandura cyangwa ngo banduzanye icyorezo COVID-19. Ku rundi ruhande ariko, ubwonko bw’abantu muri rusange byarangiritse k’uburyo ab...
Nugenzura uzasanga abantu benshi bazindukira mu kazi ariko bagataha umusaruro muke. Ibi biterwa n’impamvu zirimo gukorera ku jisho, kuba ‘bambone’, kudahembwa neza no kudakunda umukoresha. Ikintu cy’i...
Hashize imyaka itatu abahanga bemeje ko nta kabuza ku mubumbe wa Mars hari amazi atemba. Si ibyo gusa bemeje ahubwo bemeje ko hari ibindi biyaga birenga 10 biri hirya no hino kuri ‘uriya mubumbe bita...
Ikawa ni kimwe mu binyobwa bitari amazi bikundwa kurusha ibindi ku isi. Bamwe bavuga ko ihumura neza, abandi bakemeza ko itera akanyabugabo mu kazi, ariko abahanga bo bavuga ko irinda umwijima kubyimb...
Kugenza ibyaha bigira uburyo n’amikoro bisaba. Kubera ko abakora ibyaha babikora mu buryo bufifitse bagamije kuzayobya uburari, bisaba ko abagenzacyaha bagira ubumenyi bwihariye buzabafasha kubatahura...
Ni inyamaswa idasanzwe haba mu miterere y’umubiri wayo no mu miterere y’ubudahangarwa bwawo. Uretse kuba ari inyoni iguruka, agacurama gafite isura y’imbwa. Iyi nyamaswa ivanze gusa n’imbwa kandi ik...
Ibuye ry’agaciro kenshi ryitwa Diyama rifite uburemere bwa carat 1,098 ryavumbuwe muri Botswana. Carat imwe ingana na miligarama 200. Kuba iri buye rifite buriya buremere biriha agaciro kenshi kuko ub...
Abakorera ikigo cy’Abanyamerika kitwa National Geographic bemeje ko ubushakashatsi baherutse gukorera ku mazi y’urubura aba mu Majyepfo y’Isi yerekana ko ariya mazi yujuje ibisabwa byose ngo yitwe In...









