Nyuma y’uko Perezida wa Amerika atangaje ko igihugu cye cyafatiye ibihano Perezida Vladmir Putin birimo no gufatira imitungo ye ibarirwa muri za Miliyari z’Amadolari, Abarusiya bakorera mu kigo mpuza...
Taarifa ifite inyandiko ikubiyemo imyanzuro umunani yanzuwe nyuma y’Inama y’Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma z’ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika n’ibigize Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi. Umwe...
Umuryango w’Abibumbye urasaba za Leta kongera imbaraga mu guha abakobwa amahirwe yo kwiga siyansi n’ubumenyingiro kugira ngo bazafashe isi kwivana mu ngaruka za COVID-19 ihanganye nazo muri iki gihe. ...
Uwo ari we wese wabaye mu gace kabamo imibu, azi ukuntu itesha abantu umutwe, ikababuza gusinzira. Imibu ibuza umuntu gusinzira ishaka amaraso ariko abahanga basanze ibifashwamo n’andi mayeri benshi t...
Ni ubwa mbere mu mateka y’ubuganga umurwayi ahawe umutima w’ingurube wahinduwe uturemangingo kugira ngo uhuzwe n’utw’umuntu. Ni umugabo wo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika witwa David Bennett ufite im...
Ubusizi ni imvugo y’inyunge yuje ibitekerezo n’inama bigamije guhwitura, gushima, gutaka cyangwa kwerekana igicyenewe mu muryango runaka w’abantu. Ku byerekeye u Rwanda, Umunyarwandakazi w’umusizi wit...
Hari umuhanga wasobanuye ko inkomoko ya virusi Omicron iri guca ibintu ku isi ari mu mbeba. Yitwa Prof Kristian Andersen akavuga ko virus ya COVID-19 yavuye mu muntu ijya mu mbeba, igezeyo ihindura...
N’ubwo ibyo bavuga hari ukuri kurimo hashingiwe ku bigaragara henshi, ariko abahanga bavuga ko kwiheba, abantu bakavuga ko batarenza imyaka 100 ari uguhuka kuko bo baje gusanga abantu bifitemo ubusho...
Umwana w’imyaka 11y’amavuko ukomoka mu Bubiligi witwa Laurent Simons aherutse guhabwa impamyabumenyi ya Kaminuza mu bugenge. Avuga ko intego ye ari ukuzakora ikoranabuhanga ryo kubuza abantu gusaza no...








