U Buyapani ni igihugu gifite byinshi kihariye kurusha ibindi ku isi ariko icy’ingenzi kurusha ibindi ni uko abaturage bacyo baramba kurusha abandi ku isi. Ni igihugu cya gatatu gikize kurusha ibindi k...
Mu ruzinduko ari mo muri Zambia Perezida Kagame yaraye atemberejwe na mugenzi we Hakainde Hichilema ku isumo ryitiriwe uwahoze ari umwamikazi w’u Bwongereza witwa Victoria riri ku ruzi rwa Zambezi. Pr...
Muri Arabie Saoudite hari urutare runini cyane bise Al Naslaa rusatuyemo kabiri nk’aho bakoresheje irati barukata. Igitangaje ni uko nta muntu wigeze arukata, bityo abahanga mu bumenyi bw’isi bakaba b...
Ikawa ni ikinyobwa gifitiye umubiri w’umuntu akamaro karenze kuba ‘kazumbature y’ubwonko’. Ubushakashatsi bumaze imyaka 10 bukorwa n’abahanga mu butabire bw’ikinyobwa cy’ikawa bwerekana ko uretse kuba...
Mu mwaka wa 1896 mu Busuwisi havutse umugabo wanditse igitabo gikubiyemo ibitekerezo yise ‘Theory of Cognitive Development’ cyahaye abantu ibisobanuro by’akamaro k’imikino mu mikurire y’abana. Uwo muh...
Nushaka kumenya neza amateka y’ikigo cy’ikoranabuhanga gikomeye mu isi, Google, bizagusaba kubanza kumenya amazina y’abantu babiri: Larry Page na Sergey Brin. Bombi nibo bashinze ikigo cya Google ubw...
Albert Einstein azwi na benshi ku isi . Abamuzi bazi ko yari Umuyahudi wavukiye mu Budage ahitwa Ulm akaba yari umuhanga mu bugenge no mu bumenyi busanzwe ku rwego rwagezweho n’abantu bacye cyane baba...
Muri iki gihe abantu bacye nibo batira igitabo. Ndetse gutunga ibitabo ntibigifatwa nk’ikintu kidasanzwe mu mibereho ya muntu. Ariko rero, siko byahoze. Mu Bugereki na Roma bya cyera, gutira umuntu i...
Amakuru Taarifa icyesha Jeune Afrique avuga ko Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura azasura u Bufaransa kuri uyu wa Mbere taliki 14, Werurwe, 2022. Mu nkuru ya Jeune Afrique ntibav...
Mu isi y’ubu n’iya kera habayeho abayobozi bafite imitekerereze itandukanye yatumye bafata ibyemezo bamwe bakibukirwaho kubera umwihariko wabyo. Mu bwami bw’abami bw’Abaroma habayeho umwami w’abami w...









