Mu bihugu bikize bari mu byishimo nyuma y’uko ikigo Biogen gitangaje ko cyakoze umuti wari umaze imyaka myinshi ukorerwaho ubushakashatsi ngo uzafashe ubwonko bw’abantu bageze mu zabukuru gukomeza kwi...
Hari umugabo wafatwaga nk’aho ari we wenyine wari usigaye ahagarariye abo bahuje ubwoko ku isi wapfuye. Uyu mugabo yarasanzwe aba mu ishyamba rya Amazone muri Brazil aho yabagaho ahora yihisha kandi y...
Abantu benshi bibwira ko kurara bakora ari byo byerekana ko ari abakozi cyane kandi bazagera ku bukire. Bituma badasinzira bihagije ngo barashaka umukiro. Icyakora kudasinzira bihagije ni ukwikururira...
Umwaka wa 2022 ni umwaka uvuze byinshi ku mubano w’ejo hazaza hagati ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’u Bubiligi. Niwo mwaka umwami w’u Bubiligi yasuye Kinshasa ndetse ni nawo ubutegetsi bw’i Br...
Uko ikoranabuhanga ritera imbere, abantu bagakenera telefoni, mudasobwa n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga ni ko inganda zibikora zikenera ibuye muri iki gihe bamwe badatinya ko ari yo zahabu igezwe...
Umuntu aho ava akagera akunda ibimera. Ibimera ni ingenzi mu kuduha ibiribwa, umwuka wo guhumeka, ibicanwa, imiti, n’ibikoresho byo mu ngo. Hejuru y’ibi, hiyongeraho ko ibimera bitewe mu bikombe by’ib...
Mu Ntara y’i Burasirazuba mu Karere ka Ngoma hari ahantu hazwi ngo ni ku Cyasemakamba. Ni ahantu hazwi kubera ibikorwa byahakorewe hari mo n’imikino y’umupira w’amaguru. Uretse umupira w’amaguru wahak...
Kimwe mu biganiro bivuga ku mibereho n’amateka y’abantu kiri mu byakunzwe kurusha ibindi mu Rwanda ni ikitwa ‘Inyanja Twogamo’. Uwakise gutya yashakaga kwerekana ko ubuzima bw’abantu ari uruvange rw’...
Kubera ubumenyi bucye, hari bamwe bumva ko kuvuganira ubwoko runaka bw’ibinyabuzima ari uguta umwanya no kuba imburamukoro! Icyakora si ko bimeze kuko uko gupfa kw’ubwoko bw’ibinyabuzima runaka, gusig...
Buri taliki 23, Mata, buri mwaka isi izirikana akamaro k’ibitabo mu bantu. Ibitabo nibyo bikoresho byagiriye abantu akamaro kurusha ibindi nyuma y’ubuhinzi. Ubuhinzi bwatumye bakura hafi y’aho batuye ...









