Inyamaswa ziri mu moko menshi ari zo amafi, ibikeri n’intubutubu, inigwahabiri, ibikururanda n’inyamabere. Reka duhugurane ku miterere y’inyamabere: ubwoko bw’inyamaswa burimo ...
Ebola, COVID, Marburg…izi ni zimwe mu ndwara zikomeye zikunze kwibasira Afurika zikavamo ibyorezo. Raporo zivuga ko akenshi abantu bandura izo ndwara bitewe no guhura n’inyamaswa zirimo n’uducur...
Mu Bwongereza havutse abana umunani bakomoka ku babyeyi batatu badahuje amaraso na gato. Ni ikintu kibayeho bwa mbere mu mateka y’ubushakashatsi mu kubyaza kuko amaraso y’abo bana nta kibazo yerekana ...
Ku isi hari amoko 3,000 y’inzoka. Wazisanga hafi ku isi hose uretse ku mugabane wa Antarctica, mu bihugu bya Iceland, Ireland, Greenland na New Zealand, ahanini kubera ko hakonja cyane kandi inzoka zi...
Abahanga bahangayikishijwe n’uko abana b’abakobwa bari gutangira kuzana amabere, kwaguka mu matako no kujya mu mihango bakiri bato cyane k’uburyo hari n’abo bibaho bafite imyak...
Umunyakenya uzwi cyane ku isi mu kwandika ibitabo ukomoka muri Kenya Ngũgĩ wa Thiong’o yapfuye. Yari afite imyaka 87 nkuko byemejwe n’umuryango we akaba yazize uburwayi. Kimwe mu bitabo bizwi yanditse...
Guhumeka ni ikintu kikora kandi cyangombwa kugira ngo usohore umwuka wanduye wa carbon winjize uwa oxygen ukenewe mu kumera neza kw’amaraso no gutuma izindi ngingo zikora zitekanye. Nihagira umuntu uk...
Inyoni zifitiye abantu akamaro kanini haba mu kubarinda binyuze mu kurya inigwahabiri zirimo imibu, amasazi, amajeri n’utundi dukoko dushobora kubanduza indwara. Hejuru y’ibi, hiyongeraho ko n’i...
Guhera kuri uyu wa Kabiri Tariki 13, Gicurasi, kugeza mu byumweru bitanu biri imbere, kuri televiziyo ebyiri zo mu Rwanda hazatambutswa ibiganiro by’abana bahize abandi mu gusobanukirwa imikorer...
Kimwe mu byemeranywaho n’abahanga ko byerekana ko umuntu yatangiye gusaza ni ukudashobora guhagarara k’ukuguru kumwe byibura amasogonda 10. Bavuga ko iyo udashobora kubikora kandi utasinze...









