ENERGICOTEL (ECTL) PLC yatangaje ko yabonye abashoramari bakeneye kugura impapuro mpeshamwenda zayo zifite agaciro ka miliyari 3.5 Frw, muri gahunda yo gukusanya miliyari 6.5 Frw binyuze ku Isoko ry’I...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hakenewe impinduka mu buhinzi nk’urwego rwafasha Afurika kugera ku ntego z’iterambere, bijyanye n’uburyo izindi nzego zahungabanyijwe n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19....
Atlas Mara Ltd iheruka gutangaza ko yabonye uburenganzira bwa Banki Nkuru y’u Rwanda bwo kugurisha na KCB Group ishoramari ifite muri Banque Populaire du Rwanda Plc. (BPR), mu rugendo rwo kuva mu bucu...
Banki Nkuru y’u Rwanda nk’urwego rugenzura amabanki mu gihugu, yemeje ko KCB Group yo muri Kenya igura imigabane Atlas Mara Ltd yari ifite muri Banki y’Abaturage y’u Rwanda (BPR Plc.), nk’uko ibigo by...
Guverinoma y’u Rwanda yasinyanye n’Ikigega cy’Iterambere cya Abu Dhabi amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni $15 – ni hafi miliyari 15 Frw – azakoreshwa mu gusana umuhanda Rambura – Nyange. ...
Toni zirenga 109 z’amafi yo mu kiyaga cya Muhazi zapfuye. Ni ikibazo cyateye abarobyi kwibaza icyabiteye. Bivugwa ko kugira ngo ariya mafi apfe byatewe n’uko amazi yo mu kitwa kereremba cyibirunduye ...
Ikigega mpuzamahanga cy’Imari,( International Monetary Fund) kigira inama Abakuru b’Ibihugu by’Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara y’uko bagomba ‘kongera’ guha umwanya uhagije abikorera ...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wasojwe ku wa 30 Kamena cyakusanyije miliyari 1643.3 Frw, kigera ku ntego cyari cyahawe ku gipimo cya 103.3%. Kuri uyu Kane nibwo Kom...
N’Djamena ni umurwa mukuru wa Tchad, iki kikaba igihugu cyo muri Afurika giherutse kugira ibyago gipfusha Umukuru wacyo, bivugwa ko yaguye ku rugamba arashwe n’abanzi b’igihugu. Urutonde ruherutse guk...
Amakuru Taarifa yakuye ahantu hizewe yemeza ko Banki Nkuru y’u Rwanda yasabye Urwego rw’ubugenzacyaha gukurikirana bukamenya kandi bugafata umuntu cyangwa abantu baba barabeshye ko hakozwe inoti nshya...







