Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hakomeje inyigo y’uburyo ibisate bimwe by’imihanda byagenerwa imodoka zitwara abagenzi benshi, nk’uburyo bwatuma abantu bayoboka uburyo bw’ingendo rus...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yaraye yitabiriye Inama mpuzamahanga yiga uko ibintu byasubira mu buryo mu rwego rw’ubukungu nyuma ya COVID-19. Yabwiye bagenzi be ko icyangombwa ari ubufatanye...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hakenewe kongerwa ishoramari mu ikoranabuhanga rishya mu mikorere y’amabanki, kugira ngo zirusheho kugeza kuri benshi serivisi z’imari, aho kuba gusa serivisi z’abifite....
Ikigo cy’indege cy’u Rwanda, RwandAir, cyemeje ko kiri mu myiteguro yo gusubukura ingendo zijya ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Entebbe muri Uganda na Mumbai mu Buhinde, nyuma y’icogora ry’...
Airtel Rwanda yatangaje ko Emmanuel Hamez ari we muyobozi mushya w’iki kigo. Yasimbuye Amit Chawla wayiyoboraga kuva mu 2018. Hamez yari asanzwe ari Umuyobozi wa Airtel DRC, umwanya yamazeho imyaka in...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Nyakanga 2021 ibiciro mu mijyi byamanutseho 0.4% ugereranyije n’uko kwezi mu mwaka ushize, mu gihe muri Kamena byamanutseho ...
Iki gihugu kiri muri Aziya nk’uko bigaragara ku ikarita y’Isi. Cyarangije gushora amafaranga muri za Banki zo muri Afurika y’Abarabu( Maghreb) ariko kirashaka no gushora muri Banki z’Afurika y’Abirab...
Ku wa Mbere w’iki cyumweru nibwo Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yabashije gukusanya miliyoni $620 binyuze mu gushyira ku isoko impapuro mpeshwamwenda zatanzwe mu madolari (Eurobond), zizishyurwa m...
RwandAir yinjiye mu bufatanye bushya na Qatar Airways, buzatuma abagenzi banyuze mu kigo kimwe bashobora kubona serivisi z’ikindi nk’amatike y’indege, uburyo buzarushaho koroshya ingendo ku mpande zom...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yabashije gukusanya miliyoni $620 binyuze mu gushyira ku isoko impapuro mpeshwamwenda mpuzamahanga (Eurobond), zizishyurwa mu gihe cy’imyaka 10. Minisiteri y’Imari n...







