Birababaje kuba u Rwanda rutabyaza umusaruro uburobyi kandi ari igihugu gifite ibiyaga birenga 20, ibyo biyaga bikabamo ubwoko bw’amafi 40. Ikiyaga gifite amazi ari ku buso bunini ni ikiyaga cya Kivu ...
Perezida Paul Kagame yashimye abatanga imisoro neza kuko bifasha mu guteza imbere igihugu, anakebura abayikwepa kandi bafite ibikorwa bikwiye kuba biyitanga. Kuri uyu wa Gatanu nibwo habaye umuhango w...
Umunyamabanga mukuru w’Ihuriro Nyafurika ry’Abahinzi b’ikawa witwa Ambasaderi Solomon Rutega yabwiye abitabiriye inama ya ririya huriro ko hari Ikigega nyafurika kiri gutegurirwa kuzafasha abahinzi b’...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyagobotse abacuruzi batanu bo mu Karere ka Rubavu, bagizweho ingaruka n’imitingito y’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo yangije ibicuruzwa byabo. Ni abacuru...
Nyuma y’ifungurwa ry’imirimo myinshi mu Rwanda bijyanye n’icogora ry’icyorezo cya COVID-19, amahoteli avuga ko ibikorwa byayo bitangiye kuzahuka ariko ko akiremerewe n’inguzanyo nyinshi agomba kwishyu...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu Ntara y’Iburasirazuba hakusanyijwe amafaranga aturuka mu misoro n’andi atari imisoro angana na miliyari 35.7 Frw, ku ntego ya miliyari 33.6 Frw ...
Banki y’u Rwanda yatangaje ko imibare y’ubukungu mu mwaka ushize w’ingengo y’imari yerekana ko ubukungu bwazamutseho 4.4% mu gihe umwaka ushize bwari bwazamutseho 2.3%. Iyi mibare yasohotse muri rapo...
Ikigo Groupe Bolloré gikomeye cyane cyo mu Bufaransa cyaba kiri mu rugendo rwo kugurisha ubucuruzi bwacyo muri Afurika bunyuzwa muri Bolloré Africa Logistics, nk’uko ikinyamakuru Le Monde cyabitangaje...
Urwego ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera kuri uyu wa 16 Ukwakira kugeza ku wa 14 Ukuboza 2021, igiciro cya lisansi i Kigali kitagomba kurenga 1143 Frw mu gihe icya mazutu cyagumye ku 1054 F...
Urwego rw’Iterambere mu Rwanda (RDB) rwemeje ko utubyiniro tuzongera gufungura mu byiciro, ariko twakire abatarenze 30% by’ubushobozi bwatwo bwo kwakira abantu. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa Kan...






