Muri iki gihe guhererekanya amafaranga bisigaye bikorwa kenshi hakoreshwa ikoranabuhanga ariko hari n’abandi barikoresha kugira ngo bibe amafaranga y’abandi. Mu rwego rwo kwirinda ubu bujura, ni ngomb...
Muri Kigali no mu Ntara hari abakunzi b’ibinyobya bya Bralirwa bijujuta ko bimwe byahenze cyane, ibindi bikabura ku isoko. Mu byahenze harimo Mutzig kuko mu tubutiki aho yaguraga Frw 1000 mu mpera z’u...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 18, Mutarama, 2022, Perezida Paul Kagame yakiriye Serge Pereira umushoramari ukomoka muri Congo-Brazzaville ariko ukunze kuba muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Serge Pereira...
Ubuyobozi bwa RwandAir bwatangaje ko guhera taliki 20, Mutarama, 2022 indege z’iki kigo zizatangira gutwara abagenzi bajya Dubai baturutse i Kigali, Entebbe muri Uganda, Bujumbura mu Burundi, Accra mu...
Ni ibyemezwa n’abagore babiri bihuje bashinga Ikigo cy’ubucuruzi bushingiye ku buhanzi bwo gusiga amarangi. Icyo kigo bakise Ubudasa Wall Paint. Iyo ubabajije uko bagera ku ntego yabo yo gusiga irangi...
Amakuru ducyesha Ikigo gishinzwe kuhereza hanze ibikomoka ku buhinzi, NAEB, avuga ko hari ibigo bitandatu bicuruza ikawa byagiye Abu Dhabi muri Leta ziyunze z’Abarabu mu imurikagurisha riri kuhabera k...
Umugabo wahoze muri Banki ya Equity ishami ry’u Rwanda ashinzwe ibikorwa by’ubucuruzi witwa Jean Claude Gaga ubu ari muri Airtel-Rwanda aho inshingano ye ya mbere ari ukuzamura umubare w’abakoresha Ai...
Urutonde rwakozwe na Bloomberg rugaragaza ko mu bantu batanu bakize kurusha abandi muri Afurika, umwe ari we Mwirabura abandi batatu ni Abanyafurika y’Epfo b’Abazungu mu gihe undi umwe ari...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yatangaje ko miliyari 100 Frw zashyizwe mu kigega nzahurabukungu zimaze gukoreshwa ku kigero cya 90%, kandi zikomeje kugira uruhare mu gufasha u...
U Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) byamaze gushyira ibuye ry’ifatizo ahazubakwa umupaka uhuriweho wa Rusizi II, uzasimbura ibikorwa remezo bishaje byifashishwa ku mupaka uhuza i...









