Ikigega mpuzamahanga cya Leta zunze ubumwe z’Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga,The United States Agency for International Development (USAID) cyateganyije miliyoni 14.8$ yo gufasha abahinzi mu...
Ubwo yatangiza imurikagurisha nyafurika ry’umusaruro w’ikawa n’icyayi, Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr Geraldine Mukeshimana yavuze ko umusaruro w’ikawa n’icyayi wagize uruhare runini mu musaruro...
Guverinoma y’u Rwanda yasiyanye n’Ikigo cy’u Bufaransa gishinzwe iterambere (AFD) amasezerano afite agaciro ka miliyoni 25 z’amayero, arimo igice kizakoreshwa mu guteza imbere ururimi rw’Igifaransa n’...
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo yayo ho 0.5 maze igera kuri 5 ku ijana, hagamijwe gukumira izamuka ry’ibiciro rikomeje kugaragara ku isoko muri ibi bihe. Iyi nyungu yar...
Abahinzi bo mu bishanga byo mu Karere ka Rwamagana bamaze gukuba kabiri umusaruro w’umuceli, nyuma yo kwegerezwa uburyo bugezweho butuma bahinga igihe cyose, nta bwoba ko impeshyi ishobora gutum...
Kubera impamvu zirimo izatewe na Guma mu Rugo n’ibindi byakurikiye iki cyorezo, ubukungu bw’isi muri iki gihe buri mu bibazo bifitanye isano iziguye cyangwa itaziguye n’izamuka ry’ibiciro ku bintu haf...
Mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Kabiri taliki 15, Gashyantare, 2022 Inteko rusange yatoye umuumushinga w’itegeko rihindura itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2021/2022 yari ...
Urebye uko ibiciro byazamutse haba aho muri karitsiye usanzwe uhahira ibintu by’ibanze birimo ibiribwa, haba ku kabari aho ujya ufatira kamwe, wacyeka ko ari umwihariko muri ako gace gusa! Ariko waba ...
Umukozi mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye ushinzwe ishami rigenzura inkomoko n’ubuziranenge by’amabuye y’agaciro witwa John Kanyangira yabwiye Taarifa ko n’ubwo ubucuruzi muri rusange...
Abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya ubucuruzi bwa magendu n’ibindi byaha (ASOC) bafashe abagabo babiri barimo uw’imyaka 38 n’undi wa 35, bafite inzoga 387 zitandukanye zo mu bwoko bwa likeli (li...









