MTN Rwandacell Plc yatangaje ko mu mwaka 2021 yungutse miliyari 22.4 Frw nyuma yo kwishyura imisoro, bingana n’izamuka rya 10.9 % ugereranyije n’inyungu ya miliyari 20.2 yabonetse mu 2020. Raporo y’im...
Perezida Umaro Sissoco Embalo n’itsinda ayoboye basuye agace kahariwe inganda kari i Masoro mu Mujyi wa Kigali. Uyu mugabo uyobora Guinea Bissau ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, kuri uyu wa...
Ibiciro ku isoko mu Rwanda bikomeje gutumbagira, ndetse byitezwe ko bizakomeza bitewe n’ingaruka intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine ishobora kugira ku bucuruzi mpuzamahanga. Minisitiri w’Ubucu...
Ubwo yagiraga icyo abazwa ku izamuka ry’ibiciro rimaze iminsi ku isoko ry’u Rwanda harimo n’igiciro cy’isukari, Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Béatha Habyarimana yavuze ko ku byerekeye isukari, im...
Ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda bwatorewe kuyobora Ihuriro ry’ibihugu byo mu Karere ruherere mo rigamije iterambere. Ni Ihuriro bita The 8th Africa Regional Forum on Sustainable Development. Rihuriwemo n...
Ishami ry’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe rishinzwe iterambere ry’ibikorwaremezo riherutse guhemba ikigo cyo mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba kitwa The Central Corridor Transit Transport Facilita...
Nyuma yo kwakira umuyobozi w’Ishami rishinzwe itumanaho mu Kigo mpuzamahanga kita ku itumanaho ku isi witwa Doreen Bodgan- Martin, Perezida Kagame yakiriye Tidjane Thiam uyobora Ikigo cy’u Rwanda gish...
Ubuyobozi bw’Ikigo Kigali International Finance Center( KIFC) buvuga ko hari abashoramari bazaturuka muri Luxembourg na Suède bashaka kugishomiramo imari. Iki kigo kitezweho kuba intangarugero mu mic...
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 5% mu ijoro ryakeye, nyuma gato y’uko byari bimaze kwemezwa ko u Burusiya bwatangije intambara yeruye kuri Ukraine. Ni intambara ishobora kugira ingaruk...
Ni ngombwa gusobanura ingingo ebyiri zigirana isano iri hagati y’ikoranabuhana n’imari. Imari ni ukuvuga umutungo uvunjwe mu mafaranga umuntu atunze n’aho ikoranabuhanga rivuze uburyo bush...









