Mu Biro bye Perezida Paul Kagame yakiriye abayobozi bakuru b’Ihuriro mpuzamahanga ry’ibigo by’imari. U Rwanda rwagiye muri iri huriro mu mwaka wa 2020. Ryashyizweho ku bufatanye bw’ibigo by’imari bya ...
Ubwo yarangizaga urugendo mu Ntara y’Amajyaruguru, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yasabye ko ikibazo cy’imbuto y’ibirayi yabuze i Ngororero ikaba itumizwa i Musanze cya...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yaraye yakiriye intumwa za Banki y’Isi zaje kureba uko u Rwanda rukoresha inkunga n’inguzanyo iruha. Yazakiriye bagirana ibiganiro birambuye byagarutse cyane ku...
Umugore wiyemeje gutunganya ubuki kugira ngo abugurishe haba mu Rwanda no mu mahanga wari waje mu imurikagurisha ryiswe ‘Le Village de la Femme’ witwa Uwibona Jeanne Sheila yabwiye Taarif...
Raporo yiswe African Integration Report yasohowe n’Ibiro by’Umuyobozi w’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe, yerekana ko mu miryango y’ibihugu by’Afurika byishyize hamwe ngo bitezanye imbere, ibigize EAC...
Ubuyobozi bw’Urwego rw’abikorera ku giti cyabo mu Rwanda, Rwanda Private Sector Federation, butangaza ko muri manda bwaraye butorewe, buzibanda kwagura imikoranire na bagenzi babo bo mu mahanga. Byavu...
Ku wa Gatanu Taliki 18, Werurwe, 2022 muri imwe muri Hotel z’i Kigali hazamurikirwa ibikorwa abagore b’Abanyarwandakazi bakoze. Hazaba ari mu rwego rwo kugira ngo bamwe bigire ku bandi kandi babonereh...
Ikigo gicuruza amashusho mu Rwanda CANAL+ Rwanda cyiyemeje gukura Abanyarwanda bose mu bwigunge. Cyatangije poromosiyo yiswe Hahiye !!! aho ibikoresho byose ari Frw 5000 ndetse na no kubimanika bikab...
U Rwanda ni cyo gihugu rukumbi muri Afurika kiri mu nzira nziza yo gushyira mu bikorwa intego zamerejwe i Malabo (Malabo Declaration) muri Equatorial Guinea, zigamije guteza imbere ubuhinzi kuri uyu m...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 5.8% muri Gashyantare 2022, mu gihe muri Mutarama izamuka ryari 4.3%. Ibiciro byo mu...









