Jean Marie Pierre Ngirumugenga atuye Umurenge wa Kigabiro mu Karere Ka Rwamagana. Aherutse kubwira itangazamakuru ko ubumenyi yarahuye ku baturage bari basanzwe boroye ingurube bwamufashije nawe arazo...
Ahahoze hakorera Minisiteri y’ubutabera, Urukiko rw’ikirenga n’Ubushinjacyaha bukuru bwa Repubulila ubu harazitiwe kugira ngo ibyari bihubatswe bisenywe, hubakwe inzu nini y’ubucuruzi n’izindi serivis...
Abasore batatu n’umukobwa umwe barimo batatu bafitanye isano n’undi umwe batekereje umushinga wo gutunganya ibiti byasagutse mu ibarizo n’ahandi bakabikoramo ibikoresho by’ubugeni. Intego yari iyo kur...
Mu rwego rwo gukomeza amasezerano y’ubufatanye hagati ya Kigali na Paris nk’uko Abakuru b’ibihugu byombi babyemeranyije, ubuyobozi bw’Ikigo cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga Agence Franc...
Bamwe mu baturage bafashijwe n’Umuryango utabara imbabare witwa Croix Rouge bavuga ko nyuma yo kugirwaho ingaruka n’icyorezo COVID-19, bakagobokwa n’uyu Muryango, bashima ko amafaranga bahawe yabafash...
Ibi byaraye bivuzwe na Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda Bwana John Rwangombwa mu kiganiro yahaye abitabiriye igikorwa cyo kugaragaza uko Urwego rw’imari na Politiki y’ifaranga ruhagaze mu Rwanda. ...
Umukuru wa Zimbabwe yatangije Inama y’abashoramari bo mu Rwanda na Zimbabwe igamije kurebera hamwe amahirwe ari mu bihugu byombi kugira ngo harebwe uko buri ruhande rwakorana n’urundi, rukarwungukira...
Mu gihe 70% by’Abanyarwanda bakora ubuhinzi, kandi bukagira uruhare rungana na 31% mu musaruro mbumbe w’igihugu, Leta ivuga ko urubyiruko rusa n’urwahariye ubuhinzi abantu bakuru. Kuba abasore n’inkum...
U Rwanda rwatangiye gukorana na Luxembourg mu rwego rw’imari n’imigabane, bikaba byakozwe binyuze mu masezerano abayobozi b’ibi bigo byombi bashyizeho umukono kuri uyu wa Gatatu taliki 23, Werurwe, 20...
Imwe muri Banki zo muri Kenya ariko zikorera no mu Rwanda yitwa I&M Bank yatangaje ko mu mwaka wa 2021 yinjije miliyari 31.7 Frw ku nyungu fatizo. Ugereranyije n’umwaka wa 2020, ziyongereyeho 24...









