Umukuru w’u Rwanda avuga ko n’ubwo Abanyafurika benshi(80%) bafite telefoni zigendanwa kandi zifite ubushobozi bwo kwakira murandasi, abenshi muri aba badafite murandasi ihagije abandi ntibagire namba...
Ahitwa Mirama mu Murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare hagiye kubakwa ibagiro rizuzura rifite agaciro ka Miliyari 1,242. Rizabagirwamo inka 200 n’ihene 500 ku munsi. Hari abacuruzi b’inyama bo ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibyoherezwa hanze bikomoka ku bihinzi n’ubworozi, National Agricultural Export Development Board (NAEB), gitangaza ko icyayi n’ikawa u Rwanda rwohereje hanze byarwinjirije U...
Abayobozi bahagarariye ibihugu bigize Umuhora wo Hagati (Central Corridor) mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba baherutse gusura ibikorwa byo kubaka umuhanda wa gari ya moshi ikoresha amashanyarazi ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, gitangaza ko mu mwaka wa 2021 ari bwo imari yashowe mu Rwanda yabaye nini kurusha indi yose yabanje. Ngo ni ikintu cyo kwishimira ko byaba mu gihe igihugu ...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda rwasanze ari ngombwa ko rutunganya imbuto rukenera kugira ngo rwirinde guhora rugura izo hanze yarwo kuko zaruhendaga. Bikubiye mu byo yagejej...
Perezida Paul Kagame na mugenzi wa Zambia Hakainde Hichilema bayoboye umuhango wo gusinya amasezerano y’ubufatanye mu nzego zirimo n’uburobyi. Izindi ibihugu byombi byiyemeje guffatanyamo ni uburezi, ...
Ubwo yagezaga ijambo ku Badepite Imitwe yombi, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko mu mwaka wa 2020 ubuhinzi bw’u Rwanda bwatanze umusaruro wazamutseho 6% mu gihe mu mwaka wa 2019 wari u...
Ikigo ngenzuramikorere gukurikirana imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro, RURA, cyatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere taliki 04, Mata, 2022 igiciro cya Mazutu ari Frw 1,368 kuri litiro mu gihe...
Mu rwego rwo kongera umusaruro w’inyama z’ingurube, Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yatangije gahunda yo kuzitera intanga kugira ngo zororoke kandi ntizirwagurike. Ikigo ...









