Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko gahunda Guverinoma ayoboye yafashe mu myaka yatambutse zatumye ubuzima bwa benshi mu Banyarwanda buba bwiza byisumbuyeho. Yemera ariko ko hakiri uruge...
Mu mwaka wa 2018 Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yatoye umushinga w’itegeko rigena umushaharafatizo. Intego yari iyo gufasha abakozi bahembwa umushahara muto kubona uwabafasha guhangana n’uko ibic...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Cyubahiro Bagabe Mark asaba abikorera ku giti cyabo kugira uruhare mu guteza imbere ubuhinzi bwa kijyambere. Yabisabye kuri uyu wa Gatatu Tariki 18, Ka...
Prof.Omar Munyaneza uyobora Ikigo gishinzwe gutanga amazi, isuku n’isukura, WASAC, avuga ko hari ikoranabuhanga rigiye kuzagezwa hiryo no hino rituma umuturage avomera ku ikarita amazi angana n’ayo yi...
Jean-Marie Rugambwa ukora muri Banki Nkuru’u Rwanda asanga byagirira akamaro Abanyarwanda n’igihugu cyabo baramutse bitabiriye gushora imari mu kugura impapuro mpeshamwenda. Mu nyandiko yageneye Taari...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Yussuf Murangwa yasinye amasezerano yo kwakira no gukoresha Miliyoni $300 mu mishinga yo kubungabunga ibidukikije, guteza imbere ingufu zisubira, kwita ku gutwara mu...
Ubwo yamurikiraga Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda uko ingengo y’imari y’uyu mwaka, Minisitiri w’imari n’igenamigambi Yussuf Murangwa yabamenyesheje uko igenamigambi r...
Ubushomeri ni kimwe mu bibazo bibangamiye imibereho myiza y’urubyiruko rw’u Rwanda. Umuhati wa Guverinoma wo kurufasha kwihangira imirimo no kubona akazi watanze umusaruro ariko haracyari byinshi bita...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda kivuga ko igereranya ry’uko ibiciro ku isoko byari byifashe muri Gicurasi, 2025 ubigereranyije no muri Mata uwo mwaka, usanga byariyongereye bigera ku ki...
Ndoli Didas ushinzwe iby’ikoranabuhanga muri MTN Rwanda yatangaje ko umuhigo ikigo akorera cyari kimaze igihe cyari ihaye, cyawesheje kuko cyatangije murandasi y’igisekuru cya gatanu, bita 5G. Hari mu...









