Rwiyemezamirimo witwa Jean Luc Hirwa ukorera mu Murenge wa Gikondo usanganywe uruganda rukora inkweto avuga ko kubona impu nziza zakorewe mu Rwanda kugira ngo zitunganywemo inkweto bigoye kubera ko in...
Ku ruzi rwa Nyabarongo ku mwaro ukora ku Karere ka Gakenke hagiye kubakwa urugomero ruzatanga amashanyarazi menshi azafasha n’aka Karere kubona menshi kuko ari ko gafite make kurusha utundi mu Rwanda....
Ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB cyaraye gihaye inyenyeri nshya hotel na restaurants zo mu Rwanda zirushanwa mu gutanga serivisi nziza, ibikorwa remezo n’ishoramari zakoresheje hagamijwe...
Ingano ni ikinyampeke kiri mu bikunzwe kandi byakunzwe n’abantu kurusha ibindi kandi kuva cyera mu mateka ya muntu. Kubera ko muri iki gihe zabaye imbonekarimwe kubera ko ibihugu bya mbere bizeza ku i...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko imibare itangwa na Minisiteri y’imari n’ingenamigambi ndetse n’izindi nzego z’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko ubukungu bwarwo mu mwaka wa 2022 buzazam...
Ni ikibazo cyabajijwe Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 18, Gicurasi, 2022 avuga uko ubuzima bw’igihugu bumeze, asubiza ko kugira ngo ur...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, cyasohoye raporo y’ibyo cyagezeho mu mwaka wa 2021 ndetse n’ingamba zo gukomeza guteza imbere u Rwanda binyuze mu ngamba zitandukanye. Iyi raporo ya paji 32...
Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije n’Ikigega OPEC kigamije iterambere mpuzamahanga yaraye ishinye amasezerano yemerera u Rwanda umwenda wa Miliyoni $ 18 ni ukuvuga Miliyari Frw 18 azashyirwa mu kwagura ...
Hari abanyamuryango za Koperative zimwe na zimwe zo mu Rwanda bavuga ko hari umutungo babikije Koperative zabo ariko ntibamenye irengero ryawo. Ubuasanzwe abantu babitsa za Koperative bagamije ko umu...
Abashoramari bo mu Rwanda n’abo muri Slovakia bagiye gutangira imikoranire igamije iterambere ry’ubucuruzi kuri buri ruhande. Uwari uhagarariye ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere, RDB...









