Mu nama nyunguranabitekerezo yaraye ihuje ubuyobozi bwa Sena y’u Rwanda n’inzego zirimo Minisiteri y’Imari n’igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana uyobora iyi Minisiteri yavuze ko Guverinoma igiye gutan...
Luxembourg ni igihugu gito kiri rwagati mu Burayi. Ni gito mu buso kuko gifite ubuso bwa kilometero kare 2,586. Ibi bituma Luxembourg iba ari cyo gihugu gito mu bindi byose bigize u Burayi. Muri uyu m...
Ni ibyemejwe n’Umunyamabanga mukuru w’Umuryangano mpuzamahanga ugamije guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho witwa Digital Cooperation Organisation, Deemah Alyhay. Yabivuze nyuma yo gusinyana ama...
Sosiyete icuruza amashusho, CANAL+ iri kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 imaze iha serivisi abatuye Africa. Mu kwishimira iyi sabukuru yadabagije abakiliya bayo ndetse yorohereza buri Munyarwanda wese...
Ikigo Marriot International cyafunguye i Kigali hoteli yitwa Sheraton iri mu zifite izina rikomeye ku isi. Ni Hoteli y’inyenyeri enye ikaba ifunguwe hasigaye igihe gito ngo mu Rwanda hatangire inama y...
Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho mu Rwanda kitwa MTN Group cyemeye kuzatanga $ 230,000 azakoreshwa mu itegurwa ry’imwe mu Nama zizakorwa mu gihe cya CHOGM ariko yo ikaziga cyane cyane ku ishoramari....
Mu bihugu bigize Umuhora wa Ruguru( Northern Corridor) byitabiriye Inama yabereye i Kigali yigaga ku bibazo biri mu buhahirane bwabyo n’ingamba zafatwa ngo bicyemuke, Repubulika ya Demukarasi ya Congo...
Ubuyobozi bw’ibigo bitanga serivisi z’itumanaho ndetse na murandasi ari byo MTN Rwanda na Airtel Rwanda byatangije uburyo bworohereza abakiliya babyo kuhererezanya amafaranga. Ubu buryo bwiswe eKash b...
Ku Kimihurura hafunguwe Resitora itegura amafunguro n’ibinyobwa bimenyerewe muri Israel. Ni Resitora yitwa Taste of Jerusalem, iyi ikaba iba mu bihugu bibamo Abayahudi benshi kandi byateye imbere arik...
Mu rwego rwo gufasha urubyiruko ruba mu midugudu y’Icyitegererezo kugira ubumenyi buzarufasha guhanga imirimo ntirubere ababyeyi cyangwa abaturanyi umutwaro, abagize Ikigo kitegamiye kuri Leta kitwa F...









