Imibare yaraye itangajwe na Minisitiri w’imari n’igenamigambi muri Guverinoma y’u Rwanda yerekana ko mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2022/2023, amafaranga angana Miliyari Frw 906.9 ni ukuvuga 19.5% ari ...
CANAL+ Business, ishami rishinzwe ubucuruzi bw’ibigo binini bikorana CANAL+ ryashyize uburyo bunogeye abanyamahoteli n’ibindi bigo binini byifuza gukorana nayo muri iki gihe u Rwanda ruri kwakira Ina...
Ikawa y’u Rwanda ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu bukungahaje u Rwanda kubera amadevize iruzanira. Muri rusange ibihugu bikunze kurugurira ikawa ni ibyo muri Aziya ni ukuvuga u Bushinwa, Singapore n...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kirasaba abasoreshwa kwishyura avansi ya mbere y’umusoro ku nyungu kandi bakabikora mu gihe cyagenwe. Ngo ntibagomba gutegereza ‘ifirimbi ya nyuma.’ Mu nta...
Mbere y’uko CHOGM itangira hari bamwe mu banyamahanga bari baje mu Rwanda muri BAL bavuze ko Kigali ari nziza k’uburyo wagira ngo si muri Afurika. N’ubwo ntawamenya niba ibyo bavugaga barabiterwaga n...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko muri iki gihe u Rwanda ruhanganye n’ibibazo byinshi bifitanye isano n’ubukungu k’uburyo kongerera abakozi ba Leta umushaharo bit...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’ubukungu bw’u Rwanda wazamutse mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2022 ugera kuri Miliyari Frw 3,025 uvuye kuri miliyari 2,...
Mu rwego rwo kuzaha serivisi nziza abazitabira Inama ya CHOGM izatangira taliki 21, ikazageza taliki 26, Kamena, 2022 abakorera ku giti cyabo bavuga ko bashyizeho uburyo bwo kuzakora amasaha yose agiz...
Ikigo Mobile Money Rwanda Ltd (MoMo Rwanda) cyashyizeho uburyo bushya bwo guhererekanya amafaranga hagati y’abacuruzi bishyurana kugira ngo buborohereze mu kazi kabo. Bwiswe MoMoBusiness (MoMoBiz). Bw...
Ahitwa Nyarutarama mu Karere ka Gasabo hari salon yita ku misatsi y’abana gusa. Ni abana bafite hagati y’umwaka umwe n’imyaka 11 y’amavuko kandi b’ibitsina byombi. Iki cyumba gitunganya imisatsi y’aba...









