Umwe mu mishinga igamije kuzamura imibereho myiza y’abatuye Umujyi wa Kigali ni uwa Miliyoni Frw 727 zo kubaka ahantu hameze neza abazunguzayi bazacururiza. Icyakora hari ahigeze kubakwa hirya no hino...
Kuri uyu wa Kane ikigo gitanga serivisi z’itumanaho na murandasi, MTN Rwanda, cyatangije uburyo bise MTN Unicall, bukaba ari uburyo buzafasha abafite ibigo bikunze guhamagarwa n’abakiliya benshi cyang...
Imibare ngarukacyumweru y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi, NAEB, ivuga ko ibihugu bya mbere u Rwanda rwoherejemo imboga n’imbuto ndetse n’indabo mu minsi irindwi ishize...
Uruganda rwatangiye gutunganya Sima bwa mbere mu Rwanda, CIMERWA, rwatangaje ko mu gihembwe cya mbere y’umwaka w’imari wacyo kinjije Miliyari Frw 44. Ayo mafaranga arimo inyungu ya Miliyari Frw 5.2 ni...
MTN Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Kane taliki 30, Kamena, 2022 ifite umuyobozi mushya witwa Mapula Bodibe. Asimbuye Mitwa Ng’ambi woherejwe kuyobora iki kigo muri Cameroun akazatangira akazi ...
Jean Claude Gaga uyobora Ikigo Airtel Money yaraye abwiye Taarifa ko guhera mu mwaka wa 2020 ubwo COVID-19 yadukaga mu Rwanda, umubare w’Abanyarwanda bakoresha Airtel Money wikubye kane. Avuga ko bya...
Rwiyemezamirimo mu ngeri zitandukanye Kakooza Nkuliza Charles, “KNC” yagizwe Ambasaderi wa Airtel Money. Yavuze ko abafana b’ikipe ye n’abandi Banyarwanda muri rusange batagombye gutangwa amahirwe yo ...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente avuga ko imibare yerekana ko mbere y’uko COVID-19 yaduka mu Rwanda abanyemari bo mu Birwa bya Maurices bahashoye 25% by’imari yose yahashowe iturutse...
Mu rwego rwo kurushaho kuzamura umusaruro wa Sima, mu Karere ka Muhanga hagiye kubakwa uruganda rwa Sima rwitezweho kuzaha akazi abaturage 1000. Ruzuzura muri Gashyantare, 2023 ku gaciro ka Miliyari ...
Mu rwego kurushaho kuzamura ubukerarugendo bushingiye ku mahoteli, Urwego rw’Igihugu rw’iterambere rwasinyanye amasezerano n’ikigo Kasada cyo muri Qatar. Ni ayo kuvugurura icyahoze ari Hotel Umubano ...









