Mu karere ka Karongi habereye igikorwa cyo gutangiza umushinga mugari wo gucukura no gutunganya gazi ivuye mu Kiyaga cya Kivu. Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente wari uhagarariye Perezida Kagame ...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda ifatanyine n’ubuyobozi bw’Urugaga rw’abikorera barizeza Abanyarwanda ko mu mwaka wa 2023 imurikagurisha ryari risanzwe ribera i Gikondo rizimurirwa i Gaha...
Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda Bwana John Rwangombwa avuga ko mu rwego rwo kugabanya itakara ry’agaciro k’ifaranga ry’u Rwanda, hirindwa ko kakomeza gutakara, Banki nkuru y’u Rwanda yafashe icy...
Kuri uyu wa Mbere, Taliki 8 Kanama 2022, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi MINECOFIN, Tusabe Richard yagejeje ku bagize Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena ishingiro ry...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kuvuga ashimangirako ba Agoronome b’Imirenge bagomba kwegera abaturage bakareba niba buri muturage afite ingarani, ikimpoteri, ko yateye ibiti bitatu c...
Amakuru mashya aravuga ko Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igiciro gishya cya lisansi kiyongereye kiva ku Frw 1609 avuye kuri Frw 1460 kuri Litiro. Mazutu yo yavuye ku Frw 1503 igera ku Frw 1607. Ib...
Mu Burasirazuba hari abarobyi b’amafi basaba Leta kubashyiriraho Nkunganire kugira ngo bashobore guhangana n’ibibazo biba mu bworozi bw’amafi. Banasaba ko Leta yabafasha guhangana naba rushimusi baza ...
Ubwato bwari busanzwe buca mu gice Taiwan iherereyemo bujyanye ibiribwa, ibinyobwa cyangwa ibindi bicuruzwa muri Aziya y’i Burasirazuba buri gusubira inyuma kubera gutinya ko ibisasu by’u Bushinwa bya...
Hashize igihe gito abaturage bo mu Karere ka Nyabihu baregeye Urwego rw’Umuvunyi ko uruganda rutunganya ibireti rwabambuye ubutaka bwabo ku maherere kandi ari bwo bahingangaho ibirayi bakabona amaramu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwiteganyirize, RSSB, cyatangaje ko Akarere ka mbere gafite abaturage biteganyirije muri Gahunda ya Ejo Heza ari benshi kurusha abandi ari Gakenke. Abatuye Gakenke bizigami...









