Akarere ka Rubavu kari mu Turere dukunze gusurwa n’abantu bava muri Kigali bagiye kuharuhukira kubera ko ari ahantu habereye ijisho kubera ikiyaga cya Kivu. Hanakoreshwa n’abacuruzi bavana ibicuruzwa ...
Kubera ko gucuruza mu buryo ubwo ari bwo bwose bigendana n’ibibazo byo guhomba, ni ngombwa ko habaho ubwishingizi kugira ngo ibihe bibi bitazatuma umucuruzi asubira ku isuka. Icyakora hari abacuruzi b...
Ibi ni ibyemezwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi, NAEB. Iki kigo cyatangaje ko ku isoko mpuzamahanga ubu ikilo cy’ikawa y’u Rwanda kigeze ku ...
Dr Jeannne Nyirahabimana wigeze kuyobora Akarere ka Kicukiro ubu akaba ari Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Intara y’i Burasirazuba, yashishikariza aborora amafi ko bagomba kubikora kinyamwuga bakagira...
Mu rwego rwo gukomeza gukarishya ubumenyi bw’abakozi ba Banki ya Kigali, ubuyobozi bukuru bw’iki kigo, bwafunguye ishuri bise BK Academy. Abakozi bazajya batsindira gukorera BK bazajya babanza bahabwe...
Ubwo hatahagwa ibikorwaremezo Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere cyubakiye abahoze batuye ahashyizwe Pariki y’Akagera mu Murenge wa Kabare ahitwa Cyarubare, Umuyobozi muri iki kigo ushinzwe ubukera...
Inama iherutse guhuza ba Minisitiri w’Ibikorwaremezo b’u Burundi, u Rwanda na Tanzania yatangaje ko bitarenze Ugushyingo, 2022 imirimo yo kubaka Urugomero ruvuguruye rwa Rusumo izaba yarangiye. Icyiz...
Nyuma y’uko mu Karere ka Muhanga abacuruzi bubakiwe isoko ariko ntiriremye, ubu mu Karere ka Karongi n’aho haravugwa isoko ryubakiwe abari basanzwe ari abazunguzayi, ariko ntibarirambyemo ahubwo barar...
Mu gihe ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa hafi ya byose byazamutse mu giciro, amata niyo yari akiboneka ku giciro umuntu yakwita ko kiringaniye. Icyakora muri iki gihe abatuye Umujyi wa Kigali barataka ...
Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe Mine, Peteroli na gazi buvuga ko bibabaje kuba 40% by’amabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda ari yo atunganywa akanagurishwa, mu gihe 60% by’ayo yangirika. Iki kigo kivuga k...









