Mu Rwanda hagiye kubera inama Mpuzamahanga iziga uko amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba yaboneka ahagije kandi agakwizwa aho akenewe hose. Izaba guhera Taliki 18-20 Ukwakira 2022, ikaba yarat...
Perezida Paul Kagame yasabye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga uko ibyo gutwara abantu n’ibintu mu ndege byakoroshywa, ko bagomba kureba uko ibihugu by’Afurika byashyira mu bikorwa amasezerano yo gu...
Umuyobozi w’Ikigo nyafurika kiga ku iterambere ry’ubuhinzi, AGRA, witwa Dr Agnès Kalibata avuga ko imwe mu ngamba zafasha Afurika kwihaza mu biribwa ari uko amakuru y’aho imyaka yeze yajya amenyekana,...
Josefa Leonel Correia Sacko usanzwe ushinzwe Komisiyo y’Iterambere ry’icyaro n’ubuhinzi muri Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe anenga ko abayobozi bahora mu nama z’urudaca ariko zidakemura ...
Abagenzi batega yaba bisi cyangwa moto bashyiriweho ikarita nshya yo kwishyura. Ni ikarita bise SafariBus yakozwe n’Ikigo Centrika ikaba yari imaze iminsi igeragerezwa mu Karere ka Musanze. Ikigo Cent...
Leta y’u Rwanda hamwe n’Ikigo PABRA(Pan-Africa Bean Research Alliance) yakiriye inama yahuje abahinzi b’ibishyimbo, abafata ibyemezo mu buhinzi, abashakashatsi n’abandi bafite aho bahurira n’imirire i...
Guhera Taliki 05, Nzeri, 2022 abayobozi bakuru b’ibigo bya Leta byagaragaweho gusesagura cyangwa gucunga nabi umutungo wa Leta mu buryo butandukanye, bazatangira kwitaba Komisiyo ishinzwe imikoreshere...
Banki ya Kigali yatangaje ko mu gice cya mbere cy’umwaka wa 2022 yungutse Miliyari Frw 28.3 Frw, bingana n’izamuka rya 24.5% ugereranyije n’igihe nk’icyo mu mwaka ushize(2021). Ubuyobozi bw’iyi Banki ...
Abakurikiranira hafi uko ikawa inyobwa ku isi n’uko abantu bayikunda kandi bakabihuza n’ibibazo biri mu buhinzi, bavuga ko kugeza ubu hari ubwoba bw’uko ishobora kuzabura ku kigero cya 60% mu gihe git...
Iyi Banki yo ikomoka muri Kenya kandi ikaba iri mu zikomeye kurusha izindi mu Rwanda ikomeje kunguka uko umwaka ushira undi ugataha. Bigaragarira mu rwunguko yatangaje ko yagize mu mezi atandatu ashiz...









