U Rwanda rwahawe Miliyoni $ 100 ni ukuvuga arenga Miliyari Frw 144 yo kunoza ubwikorezi bw’abantu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali. Inama y’ubutegetsi ya Banki y’isi niyo yaraye yemeje iby’a...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe iterambere rya Afurika, UN Economic Commission for Africa (ECA), Umunyarwanda Ambasaderi Claver Gatete yabwiye amahanga ko ak...
Edouard Ngirente uyobora Guverinoma y’u Rwanda asanga kugira ngo Afurika yongere amashanyarazi ikenera, ikwiye gufatanya mu kubyaza umusaruro akomoka ku ngufu zisubira harimo iza nikileyeri, izuba n’u...
Nanzagahigo na Sindikubwabo ni bamwe mu babyeyi n’abarezi bashima ko ingabo z’u Rwanda na Polisi bubakiye abana amarerero kugira ngo babone aho bakura uburezi bw’ibanze buri ncuke ikenera. Ubutumwa bw...
Prof. Omar Munyaneza uyobora Ikigo gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC), avuga ko, mu rwego rwo gukuraho ibyateraga iki kigo Leta ifitemo imigabane igihombo, umufatabuguzi uzajya utin...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Abimana Fidèle yabwiye Komisiyo ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) mu Nteko Ishinga Amategeko ko u Rwanda ...
Ikigo cy’igihugu gishizwe kurengera ibidukikije, REMA, kivuga ko imirimo yo gutunganya ibishanga bitanu biri mu Mujyi wa Kigali igenda neza. Biratunganywa mu rwego rwo kubifasha kubona amazi no kuyayu...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, ku bufatanye na IREMBO babwiye abacuruzi ko bashyiriweho uburyo bwo gusora, kwandikisha ubucuruzi n’ibindi bakenera, bakabik...
Ikigo Nyarwanda gitwara abantu mu ndege Rwandair cyatangaje ko gihagaritse by’agateganyo ingendo zijya muri Qatar no muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu. Byatewe no kwirinda ko intambara iri ...
Abakozi ba Banki ya Kigali beretse ubuyobozi bukuru bwayo imishinga bakoze yo gutanga ibisubizo ku bibazo abayigana bahura nayo no guhanga udushya mu iterambere ry’iyi banki iri mu zikomeye kurusha iz...









