Ubuyobozi bwa MasterCard Foundation mu Rwanda buvuga ko mu mishinga ba rwiyemezamirimo bo mu Rwanda bakora, harimo n’uwo imaze igihe ibafashamo, uwo ukaba ari ukubakira ubushobozi mu nzego zirimo n’...
Mu rwego rwo gufasha abaturage babitsa muri Banki zo mu Rwanda kugeza ibibazo byabo kuri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), iki kigo cyabashyiriyeho uburyo kise ‘Intumwa Chatbot’. Ni uburyo bw’ikoranabuhan...
Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga harimo no guhugura abaryize kitwa Polygon cyatangije umwiherero ugamije gufasha Abanyarwanda bazi ikoranabuhanga kongera ubumenyi muri uru rwego. Ni amasomo baz...
Umuyobozi wungirije muri Banki nkuru y’u Rwanda Soraya Hakuziyaremye avuga ko imibare bahabwa n’ibigo by’ubwiteganyirize yerekana ko Abanyarwanda bafite bwiteganyirize bangana na 1.6%. Uyu muyobozi a...
Bitarenze umwaka wa 2040, ikigo cy’Abanyamerika gitwara abantu n’ibintu mu kirere kitwa Boeing kivuga ko kizaba gikoresha indege nshya 1,010, zifite agaciro ka Miliyari $176. Intego ni ugushaka ...
Mu rwego rwo gufasha ba rwiyemezamirimo gushora mu mishinga igamije guha abaturage amashanyarazi akomoka ku ngufu zisubira, Banki Nyafurika y’ubucuruzi n’iterambere, Trade and Development Bank, irabah...
Mu Rwanda hari kubera inama yahurije hamwe ibihugu bigize COMESA iri kwigira hamwe uko ibikoresho bitanga ingufu zisubira cyane cyane iziva ku mirasire y’izuba byahabwa ubuziranenge kandi bigakwizwa m...
Mu Rwanda hateraniye inama yahuje abashoferi batwara amakamyo ajya cyangwa avana ibintu ku cyambu cya Mombasa akoresha Umuhora wa Ruguru. Barahugurwa uko bagira uruhare mu kugabanya ibyuka bituma ik...
Hazaba ari ku wa Mbere Taliki 25, Nzeri, 2022 ubwo abayobozi b’ibihugu byo mu Muryango w’Abibumbye bigera ku 193 bazahurira i New York ngo basuzumire hamwe aho bageze bashyira mu bikorwa intego zo kur...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka w’imari bwazamutse ku kigero cya 7.5%. Impamvu yabiteye ni uko urwego rwa serivisi n’urwego rw’inga...









