Akamaro k’izuba si ukumurikira abatuye isi gusa no gutuma imyaka year binyuze mu byo bita photosynthis ahubwo abantu basanze imirasire yaryo ishobora kubyazwa amashanyarazi. U Rwanda rurii mu bihugu b...
Airtel Rwanda yashyize ku isoko icyuma gitanga murandasi kitwa Airtel Pocket WIFI Pro kigurwa Frw 25,000. Ni ikiguzi kiza kubera ko mbere iki gikoresho cyagurwaga FRW 35,000. Abayobozi muri Airtel ba...
Ikigega nyarwanda cyo kwigira kitwa Agaciro Development Fund (AgDF) cyashoye Miliyoni $8 muri Banki y’iterambere ry’Afurika yitwa Eastern and Southern African Trade and Development Bank (TDB). Umuyob...
Televiziyo mpuzamahanga yitwa Bloomberg TV yaraye yemerewe gukorera mu Rwanda, ikazajya itambutsa ibiganiro ku bikungu n’imari mu bihugu by’Afurika yo hagati y’iby’iy’i Burasirazuba. Umuyobozi mukuru ...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, NISR, kigaragaza ko muri Nzeri 2022, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 17,6% ugereranyije na Nzeri 2021. Mu kwezi bwabanje , ni ukuvuga Kanama, 2022, byari ...
Dr. Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali yavuze ko ikigo ayoboye kiteguye kuzaha aborozi b’i Nyagatare imodoka izakorerwamo ibyo gupima amatungo. Ni imodoka wagereranya n’isuzumiro( laboratoire) ige...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 07, Ukwakira, 2022 Minisiteri y’imari n’igenamigambi yasinyanye n’Ikigega mpuzamahanga cy’imari amasezerano y’inguzanyo ya Miliyoni $ 310 azafasha u Rwanda kubaka ubukungu b...
Dr Adesina Akinumi uyobora Banki Nyafurika y’Iterambere avuga ko bibabaje kuba Afurika igirwaho ingaruka zituma ihomba Miliyari $ 7.15 kubera ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere kandi nta ruhare run...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ifatanyije n’inzego zirebana n’iterambere muri rusange n’iry’ubuhinzi by’umwihariko yakiriye inguzanyo ya Miliyoni $300 azafasha abakora mu buhinzi kubukora mu buryo b...
Mu Karere ka Kicukiro Umurenge wa Gahanga hatashywe inzu zigezweho zubatswe mu buryo burondereza ubutaka kandi zujuje ibisabwa ngo uzituye yumve aguwe neza. Zubatswe mu Mudugudu bahaye izina rya Umutu...









