Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kiri ku rutonde rw’ibigo bya Leta biyihombya. Ibyo bigo uko ari WASAC, REG, UR, RRA n’Akarere ka Karongi, bimaze guhombya Leta arenga Miliyari Frw 2. Iby’i...
Ikigo Mastercard kivuga ko cyishyize hamwe n’ikindi bita Cellulant mu gushyiraho uburyo bushya bwo kugura no kwishyura ibintu bitandukanye ahari aho hose ku isi bemera ikarita ya MasterCard. Ikigo Cel...
U Rwanda ruri mu bihugu birindwi by’Afurika bigiye gutangira gucuruzanya hagati yabyo mu rwego rwo kureba umusaruro uzava mu bucuruzi bw’ibihugu by’Afurika bihuje isoko, ibyo bita African Continental...
Mu nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga uko ikoranabuhanga rigendanwa rihageze ku isi muri iki gihe, hatangarijwe raporo isobanura uko iki kibazo kifashe muri Afurika. Kimwe mu bika byayo kivug...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, kivuga ko Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara ifite ibibazo by’uruhuri bituma n’intambwe y’ubukungu yari itangiye gutera ikomwa mu nkokora. Ibikomeye kurusha ibin...
Ahagana saa sita z’amanywa nibwo indege ya Boeing 777 yari igeze ku kibuga cy’indege cya Kigali izanye ba mukerarugendo 77 baje kwinjiriza u Rwanda amadevize menshi bitewe n’igihe bazamara basura ahan...
Hari itsinda ry’abahanga mu buhinzi n’imitegurire y’ibiribwa n’ibinyobwa bihurije mu kiswe The African Food Fellowship bamaze iminsi baha amasomo Abanyarwanda ku mihingire n’imitekere iboneye hagamijw...
Muri iyi minsi hari ibiganiro biri hagati y’u Rwanda na Saudi Arabia bigamije kureba uko iki gihugu cyakwemerera Abanyarwanda kohereza ibicuruzwa byinshi ku isoko ry’aho. Abayobozi ba Saud...
Minisitiri w’ibikorwaremezo Bwana Ernest Nsabimana avuga ko muri iki gihe isi yugarijwe n’ingaruka zikomoka k’ugushyuha kw’ikirere, ni ngombwa ko ibihugu bitangira gukoresha ingufu zisubira harimo n’i...
Buri mwaka taliki 17, Ukwakira, isi izirikana umunsi wiswe uwo kurandura ubukene mu bantu. Inshinga ‘kurandura’ ubwayo ivuze ikintu kinini. Ivuze ko ikirandurwa kigomba kuba cyarashinze imizi. Ubiger...









